Kayonza: Umuturage agirwa intwari no kubahiriza amategeko no kuzuza...
Umuyobozi w’akarere ka Kayonza Mugabo John arasaba abaturage b’ako karere kubahiriza amategeko no kuzuza inshingano za bo, kuko ari byo byagaragaza ubutwari bafite. Bamwe mu baturage b’ako karere...
View ArticleAbaturage bagomba Kwiha agaciro ni byo bizabageza ku butwari.
Ngo kwiha agaciro ni bimwe mu bizatuma abanyarwanda bakomeza kuvukamo intwari, nk’uko byavuzwe n’umuyobozi w’akarere ka Rulindo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 1/2/2013 ubwo hizihizwaga umunsi mukuru...
View ArticleGakenke: Amaraso ya Fred Gisa Rwigema ntiyamenekeye ubusa-Umuyobozi w’akarere
Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nzamwita Deo arashima uruhare rwa Fred Rwigema. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nzamwita Deogratias atangaza ko Gen. Gisa Fred Rwigema watangije urugamba rwo kubohoza...
View Article“Buri munyarwanda afite ubutwari ariko bushobora gupfukiranwa n’umutima mubi”...
Minisitiri Musoni Protais ushinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri avuga ko muri kamere y’Abanyarwanda habamo ubutwari. Gusa ngo ubwo butwari bushobora kutagaragara bitewe n’uko bwapfukiranwe...
View ArticleGicumbi – ngo inkotanyi zose kuri bo n’intwari
Umuturage wavuze amateka y’inkotanyi n’ibikorwa zabakoreye muri Gicumbi Abaturage bo mukarere ka Gicumbi baratangaza ko kuri bo inkotanyi zose ari intwari kuko zabakoreye ibikorwa bikomeye mugihe...
View ArticleNyamagabe: N’ubwo hari intwari zahasize ubuzima, ibyo zaharaniye byagezweho-...
Kimwe n’ahandi mu gihugu, kuri uyu wa gatanu tariki ya 01/02/2013, mu karere ka Nyamagabe habereye umuhango wo kwizihiza umunsi wahariwe kuzirikana intwari z’igihugu ndetse n’ibikorwa by’ubutwari...
View ArticleNta cyiza nko gusiga inkuru nziza imusozi
Iyi nteruro yagiye igarukwaho n’abafashe ijambo mu birori byo kwizihiza umunsi w’intwari, Akarere ka Huye kijihirije kuri sitade Kamena iherereye mu mudugudu wa Kabutare, Akagari ka Butare, umurenge...
View ArticleRuhango: gusurwa n’abayobozi, Abaturage babibona nk’umuti w’ibibazo byabo
Iyo abaturage basuwe n’umuyobozi mukuru ibyishimo biba byose Kenshi unsanga iyo umuyobozi wo mu nzego zo hejuru yasuye abaturage, umwanya munini uharirwa kumva ibibazo by’abasuwe. Ibi bigatuma...
View ArticleRwanda trains UN personnel on Security
Rwanda Peace Academy is conducting a two-week course on Security Sector Reform (SSR) for 20 personnel of the United Nations Mission in the Republic of South Sudan (UNMISS). The Training of Trainers...
View ArticleRUSIZI : Ukwezi kw’imiyoborere gukomeje guha abaturage ibisubizo
Byinshi mu bibazo bigaragara muri uku kwezi kw’imiyoborere myiza mu Murenge wa Mururu ho mu karere ka Rusizi ni ibishingiye ku buharike nkuko byagaragaye kuri uyu wa mbere tariki 4/2/2013 ubwo Inteko...
View ArticleGakenke: Imihigo igeze hafi ya 70% ishyirwa mu bikorwa
Guverineri w’Intara y’Amajyaguru, Bosenibamwe Aimé ari kumwe n’umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Amajyaruguru Major Gen. Alexis Kagame tariki 05/02/2013 basuye Akarere ka Gakenke kugira ngo birebere aho...
View ArticleKamonyi: Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubucuruzi n’iterambere mu gihugu...
Tariki 5/2/2012, Minisitiri w’ubuholandi ushinzwe ububanyi n’amahanga, ubucuruzi n’iterambere , Lilianne Ploumen; yasuye ibikorwa biterwa inkunga n’Ikigega gitera inkunga ibikorwa by’iterambere mu...
View ArticleMinister Musoni calls on Rwandans to express their heroism through hard work.
Minister Protais Musoni regarded all Rwandan as heroes during the celebrations to mark hero’s day that took place on 1/02/2013 in Rwimishinya cell, Rukara sector, Kayonza district. These celebrations...
View ArticleAbanyamabanga b’uturere n’Intara y’Amajyepfo bongeye gushyigikira AgDF
Abanyamabanga bakorera ku turere n’Intara y’Amajyepfo tariki 06/02/2013 bongeye gushyira andi mafaranga mu kigega Agaciro Development Fund ubwo basozaga amahugurwa bakoreye mu karere ka Nyanza ku...
View ArticleBurera: JADF irategura imurikabikorwa mu kwezi kwa kamena
Abagize ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Burera (JADF Burera) batangaza ko bategura imurikabikorwa mu kwezi kwa 06/2013 mu rwego rwo kwereka abanyaburera bimwe mu bikorerwa...
View Article“Nyaruguru is no longer associated with famine” – Ambassador Fatuma Ndangiza
Rwanda Governance Board (RGB)’s Deputy Chief Executive Officer, Ambassador Fatuma Ndangiza, on Wednesday said that Nyaruguru district, in Southern Rwanda, “is no longer associated with famine” as a...
View ArticleBurera: JADF prepares to showcase its achievements
Members of Joint Association Development Forum (JADF) in Burera District have revealed their plan to hold public accountability in June 2013 to show Burera residents all activities carried out in...
View ArticleNyanza: Mu mihigo biteguye kuva aho bari bakajya imbere
Akarere ka Nyanza ni kamwe mu turere 30 tugize u Rwanda twakunze kurangwa no kuza mu myanya y’inyuma mu mihigo ariko ubu ubuyobozi bw’ako karere butarangaza ko muri uyu mwaka wa 2012-2013 w’imihigo...
View ArticleJamafest pictures
an aged Burundian man leads his country with experience of years of dance Burundians perform at the carnival dance fiesta in Kigali Burundians perform at...
View ArticleNgororero: Ba Mudugudu barasabwa kubahiriza gahunda y’amakayi 3 mu mudugudu
Abayobozi b’imidugudu yose yo mu karere ka Ngororero barasabwa kubahiriza gahunda y’amakayi atatu yemejwe n’inama y’umutekano, azajya akoreshwa mu kubungabunga umutekano hashingiwe ku gutangira amakuru...
View Article