Quantcast
Channel: News Of Rwanda – Rwanda News
Viewing all 3624 articles
Browse latest View live

Gakenke: Inama y’umutekano yafashe ingamba zo gukumira ibyaha biterwa n’ubusinzi

$
0
0

Nyuma y’uko inama y’umutekano yaguye isanze hari impfu zitunguranye zabaye muri uku kwezi kurangiye zatewe n’ubusinzi, yafashe ingamba zo kugenzura no kubahiriza amasaha y’akabari.

 Abayobozi b'inzego zishinzwe umutekano n'Umuyobozi w'Akarere mu nama y'umutekano yaguye.


Abayobozi b’inzego zishinzwe umutekano n’Umuyobozi w’Akarere mu nama y’umutekano yaguye.

Iyi nama yateranye tariki 26/09/2012, abitabiriye inama banzuye ko utubari twose tugomba gufunga nibura saa mbiri z’ijoro kandi hagakazwa amarondo mu midugudu.

Ku bijyanye no kurwanya isuri, mu miganda wo mu byumweru hagati izibanda mu gihe cy’amezi atatu guca imirwanyasuri ku misozi. Hazaterwa kandi ibiti ku nkengero z’umuhanda wa Gashenyi na Cyabingo n’umugezi wa Base n’uruzi rwa Nyabarongo.

Iyo nama y’umutekano yagarutse kandi ku bwisungane magirirane mu kwivuza buzwi nka mitiweli, aho abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge basabwe kongera imbaraga mu gushishikariza abaturage gutanga mitiweli kugira ngo akarere kave ku mwanya kariho.

Ku byerekeye inyubako z’imyaka 12 y’uburezi bw’ibanze, Umuyobozi w’Akarere, Nzamwita Deogratias yasabye abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge kwegera abaturage no kubakangurira kwiyubakira amashuri yabo.

Biteganyijwe ko muri uyu mwaka, Akarere ka Gakenke kazubaka ibyumba birenga 60 n’amacumbi y’abarimu 19.

 

 

 

 


Intumwa za rubanda umunani zo mu gihugu cy’uburundi ,zasuye akarere ka Rulindo

$
0
0

Rwanda | Intumwa za rubanda  umunaniIntumwa za Rubanda zikomoka mu gihugu cy’abaturanyi iBurundi zasuye akarere ka Rulindo ,mu rwego rwo kureba no kwigira ku banya Rulindo ibyo bagezeho n’uko babigezeho.

Nk’uko Burarufise Marceline waje abakuriye yabivuze, ngo baje kwigira ku Rwanda nk’umuturanyi, kugira ngo nabo bagere ikirenge mu cy’abanyarwanda bateye ngo batere imbere.

Bararufise Yagize ati”twaje ngo tuganire n’abaserukira abene gihugu(deputes)hamwe no kuganira n’abayobozi bo mu nzego z’ibanze.Twarasuye abayobozi I Kigali ,mugabo twari dufise na gahunda yo gusura abo hagati mu gihugu,kugira ngo tujyende tuvuga ko twasuye igihugu cyose.”

Akomeza avuga ko baje kurahura ubwenge, bareba uko igikorwa cyo kwegereza abaturage ubuyobozi bwabashije kukigeraho,no kumenya neza uburyo imihigo ikorwa.

Murindwa Prosper Umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu mu karere ka Rulindo wabakiriye,yababwiye ko bishimiye uburyo baje kwigira ku karere ka Rulindo ngo kuko bigaragaza ko hari ibyo akarere  kakoze bishimishije.

Uyu muyobozi akaba yabasobanuriye uburyo imihigo ikorwa,

Prosper yagize ati:ku bijyanye n’imihigo,abantu bagenda bavuga ibyo bazakora. bihera ku muryango,bikazamuka uko inzego zigenda zisumbana  kugeza ku karere .ibyo byose kandi bikorwa abaturage ari bo babigizemo uruhare”

Yakomeje ababwira ko ibyo bikorwa neza kandi abesheje imihigo bagahabwa ibihembo, mu rwego rwo gukomeza kubashyigikira,no kubatera akanyabugabo mu kwesa imihigo baba bihaye.

Ni muri urwo rwego Intumwa za rubanda mu Burundi, zajyanywe gusura umuhinzi mworozi w’intangarugero mu karere ka Rulindo Ngiruwonsanga Jean Marie Vianney,ngo basobanukirwe neza uburyo imiryango ihiga kwikura mu bukene kandi ikabigeraho.

Ngiruwonsanga akaba afite umushinga wo korora inkoko bya kijyambere.Yasobanuriye abashyitsi  uburyo yatangiye umushinga we agenda atera imbere, kugeza ku rwego ubu nawe asigaye atanga amahugurwa, ku bantu bashaka gukora imishinga ku bworozi bw’inkoko.

Abashyitsi basuye Rulindo bahawe impamba ku bikomoka mu karere ka Rulindo,bakaba bagiye bishimiye uburyo bakiriwe n’abayobozi ba Rulindo.

Izi ntumwa za rubanda  mu nteko nshingamategeko y’I Burundi,zikaba zavuze ko zigiye byinshi ku Rwanda kandi ko zizagaruka.zikaba zari  zimaze iminsi ine mu gihugu cy’u Rwanda aho zasuye inzego zitandukanye z’ubuyobozi kugera ku nzego z’ibanze.

 

Nyamasheke: JADF to promote residents, involve in development programmes

$
0
0

Rwanda | Nyamasheke JADFMembers of the Joint Action Development Forums (JADF) in Nyamasheke district (JADF Jyambere/Nyamasheke) met on the 27th.Sept.2012 in a meeting to look for ways to participate fully in the development of the district and to fulfill their responsibilities and performing contracts they vowed to achieve.

Charles Bahizi the vice mayor for finance and economic development in Nyamasheke district and the chairperson of JADF Jyambere/Nyamasheke in the district asked JADF members to always achieve the programs they vowed to achieve and the same to performing contracts of the district. This way they will play their role in the development of the district.

The district mayor went on to say that partners in development that will not fulfill their responsibilities will be punished and among those punishments include being expelled from the district.

Theophile Karuhije the executive secretary of JADF Jyambere/Nyamasheke said that in a order for JADF to fulfill their responsibilities they are preparing some projects including learning from each other and making a close follow-up on the actions of the partners in development and making people know what is supposed to be done for them.

Partners in development vowed to achieve what they are capable of achieving and there is no worry of failures. JADF members were asked to work very hard to develop the district.

 

 

Ngororero: JADF y’umurenge wa muhororo ntiyishimiye umuvuduko bariho mu kwesa imihigo

$
0
0

Ibi babitangarije mu nama y’igihembwe cya mbere yabaye kuri uyu wa 28 nzeri 2012, aho abafatanyabikorwa bose b’umurenge wa Muhororo hamwe n’umuyobozi n’abakozi bawo barebeye hamwe aho bahagaze mu gushyira mu bikorwa imihigo mugihe igihembwe cya mbere kigiye kurangira.

Muri rusange abari muri iki gikorwa basanze bafite umuvuduko mutoya cyane kandi intego ari nini maze basezerana kuvugutira umuti icyo kibazo. Bimwe mu bigaragara nk’aho bikiri hasi cyane muri uyu murenge ni nk’ubwitabire bw’ubwisungane mu kwivuza muri uyu mwaka aho mu murenge wose bari ku gipimo cya 17,9% kandi bagombye kuba ari 100%.

Rwanda | Abafatanyabikorwa b’umurenge mu nama

Abafatanyabikorwa b’umurenge mu nama

Ikigaragara nk’imbogamizi kuri iki kibazo ngo ni abaturage bavuga ko batarabona amafaranga yo kwivuza kandi bakaba batari mu byiciro by’abavuzwa na na Leta. Ahandi hagaragara integer nke ni mukwinjiza imisoro n’amahoro aho umurenge wahize kwinjiza miliyoni 12 muri uyu mwaka, nyamara ubu bakaba batarageza no kuri miliyoni 2 kandi abasora bagombye kuba barabikoze.

Iki kibazo kikaba cyafatiwe icyemezo ko abasora bose bagomba gushyira amafaranga mu Umurenge SACCo mbere yuko bakomeza ibikorwa byabo, kuko byagaragaye ko imisoro itinzwa no kunyura mubiganza by’abaka imisoro rimwe na rimwe ngo barya ruswa maze gusora bikadindira.

Uyu murenge ukaba unafite ikibazo cy’uko ubuso buhingwaho imyumbati bukiri buto cyane kandi muri uyu murenge ariho hubatswe urugnda ruzatunganye imyumbati ubu ruri ku musozo. Icyakora, uyu murenge ukaba ubona igisubizo ku mahugurwa arimo guhabwa abafasha myumvire mu buhinzi bw’imyumbati aho nabo bazigisha abaturage babinyujije mumurima shuli.

Perezida wa JADF mu murenge wa Muhororo bwana Ndagijimana Jean Bosco, akaba yasabye abo ayoboye ko bose bakwigaya kandi bagahitamo gutera intambwe ijya imbere kugira ngo umurenge wabo utazaza mu mirenge ya nyuma kandi ufite ibyawufasha mukuba kwisonga nk’udusantere tw’ubucuruzi, umuriro uba hakeya mu karere ka Ngororero ndetse n’ibindi.

 

 

MINALOC yashyikirije akarere ka Nyanza igihembo cyo kuba indashyikirwa mu bikorwa by’umuganda

$
0
0

Mu gikorwa cy’umuganda rusange usoza ukwezi kwa Nzeri 2012 wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 29/09/2012, Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu( MINALOC) yashyikirije akarere ka Nyanza igihembo cy’uko kabaye indashyikirwa mu kwita ku bikorwa by’umuganda w’abaturage.

Rwanda | Minisitiri Musoni James ashyikiriza igihembo ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza

Minisitiri Musoni James ashyikiriza igihembo ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza

Icyo gihembo kingana na Miliyoni imwe n’igice y’amafaranga y’u Rwanda( 1500.000frw) kikaba cyari giherekejwe n’igikombe.

Nk’uko Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, James Musoni yabitangaje akarere ka Nyanza kahawe icyo gihembo biturutse ku bikorwa by’umuganda wakozwe n’abaturage b’akagali ka Kiruri mu murenge wa Mukingo bashoboye kwiyubakira ibiro by’imidugudu 11 mu gihe ahandi bakirwana no kubaka ibiro by’utugali.

Yakomeje avuga ko ashimira akarere ka Nyanza kuba karegukanye icyo gihembo cyo kuba baragize uruhare rwo kwiyubakira ibiro by’imidugudu mu mwaka wa 2011 ushize bifashishije ibikorwa by’umuganda w’abaturage.

Musoni Protais yagize ati: “ Kuva u Rwanda rwatangira gukora ibikorwa by’umuganda hamaze gukorwa ibikorwa byinshi kandi byose nibyo kwishimira kuko abanyarwanda bo ubwabo nibo bishatsemo ibisubizo by’ibibazo bibareba”.

Mu mwaka wa 2012 harateganwa kuzashyirwa ingufu nyinshi mu kurwanya isuri no kongera  ibikorwaremezo mu turere dutandukanye tw’igihugu hifashishijwe ibikorwa by’umuganda rusange w’abaturage.

Rwanda | Bamwe mu bayobozi b’imidugudu igize akagari ka Kiruri  bafite ibiro bakoreramo

Bamwe mu bayobozi b’imidugudu igize akagari ka Kiruri bafite ibiro bakoreramo

Abakuru b’imidugudu bakorera muri izo nyubako zubatswe n’igikorwa cy’umuganda akaba ari nazo zahesheje akarere ka Nyanza igihembo bavuga ko ubu bafite aho bakorera bityo bigatuma abaturage baza babashaka bagira aho babasanga mu gihe mbere y’uko biyubakira ibiro by’imidugudu ngo bamwe muri bo wasangaga babungana kashe kandi batagira aho babika impapuro n’ibindi bikoresho by’ababyobozi bo mu nzego z’ibanze bakunda kwifashisha.

Mu mwaka wa 2011-2012 ushize w’ingendo y’imali ibikorwa by’umuganda byakozwe mu gihugu hose byari bifite agaciro gasanga miliyari 12 nk’uko James Musoni, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yabitangaje.

 

 

 

Ngororero: Inteko z’abaturage ziracyarangwa n’intege nke

$
0
0

Byagaragajwe mu nama yahuje abakozi b’akarere bashinzwe imyoborere myiza, abakozi b’imirenge bashinzwe irangamimere, abakozi bashinzwe ubujyanama mu by’amategeko n’ inzego z’umutekano. Isesengura ryibanze ku mikorere y’inteko z’abaturage n’uburyo zahabwa ingufu kugirango ibibazo bituma basiragira mu nzego z’ibanze byavaho burundu , ibibonetse bigakemurirwa muri izo nteko.

Rwanda | Ngororero IntekoAbashinzwe iranga mimerere mu mirenge bemeza ko inteko z’abaturage zidakora ko ahubwo ibibazo byinshi bishyikirizwa abunzi ariko aba nabo hakaba hari aho bafite imikorere idahwitse. Abunzi bakaba banengwa cyane ko bakora raporo zidahwitse cyane ko hari abatazi kwandika neza.

Kugira ngi icyo kibazo gikemu basanga habaho uburyo bumwe bwo gukora raporo (report format) kugirango abunzi  bajye batanga raporo zisobanutse. Abashinzwe irangamimerere bagaragaza impungenge ziterwa nuko hakigaragara abaturage basimbuka inzego kandi inzego bitabaje zikakira ibibazo byabo zitababajije ikaye igaragaza uko ikibazo cyakemuwe ku rwego rw’inzego z’ibanze.

Abari mu nama bumvikanye ko inteko z’abaturage zigomba guhabwa ingufu kuko arizo rwego ruzarangiza ibibazo bitesha abaturage igihe iyo birukankira mu nkiko zaba izisanzwe cyangwa iz’abunzi. Gusa nanone byagaragaye ko imirenge yose uretse uwa Matayazo itigeze itanga raporo y’ighe inteko z’abaturage ziteranira kandi byafasha kujya bazisura.

Kimwe mu byemezo byafashwe ni ugushyiraho gahunda y’inteko z’abaturage mu tugari no mu mirenge ariko kuburyo bitabangamira gahunda zisanzwe z’abaturage. Mu tugari zizajya ziterana rimwe mu cyumweru naho mu mirenge bikaba rimwe mu kwezi.

 

 

Tumwe mu turere turataka kutabona abafatanyabikorwa bakomeye bikica imihigo

$
0
0

Rwanda | Tumwe mu turereTumwe mu turere tugize intara z’igihugu turataka kutabona abafatanyabikorwa bahagije kandi bakomeye nk’utundi turere usanga dusa n’utwateye imbere kurusha utundi.

Nk’uko bisobanurwa n’umuyobozi wungirije w’akarere ka Ruhango, ushinzwe imari ubukungu n’amajyambere akaba ari nawe perezida wa JADFU; ihuriro ry’abafatanyabikorwa muri aka karere,Twagirimana Epimaque, avuga ko abafatanyabikorwa ari bamwe mu bagira uruhare runini mu gufasha akarere cyangwa izindi nzego kwesa imihigo uko iba yahizwe.

Ibi kandi byagiye bigarukwaho n’abayobozi b’uturere twabaye utwa nyuma mu kwesa imihigo, bamwe bavuga ko bagize ikibazo cyo kutagira abafatanyabikorwa bahagije nk’utundi turere ndetse abandi bakavuga ko bari bumvikanye n’aba bafatanyabikorwa ariko ntibakubahiriza amasezerano bari bagiranye.

Ikibazo cyakunze kugenda kigaragara nk’uko bisobanurwa na bamwe mu bayobozi b’uturere, bavuga ko benshi mu bafatanyabikorwa usanga bishakira uturere tugaragara ko twateye imbere kandi dufite ibikorwa bihambaye ugereranije n’ahandi.

Uturere tutagira imihanda cyane cyane ya kaburimbo, amahoteli, amazu agezweho n’ibindi ngo tubihomberamo kuko aba bafatanyabikorwa ngo baba bashaka gukorera ahantu hatazabagora.

Akarere ka Ruhango ni kamwe mu turere dufite iki kibazo cyo kutagira abafatanyabikorwa bahagije kubera imiterere yako ndetse n’ubukungu bwako ariko Twagirimana, umuyobozi wungirije w’aka karere avuga ko bo batazakomeza kureberera gusa ahubwo ngo bari gukora iyo bwabaga kugirango babashe kureshya abafatanyabikorwa.

Agira ati : “dufite ikibazo cy’abafatanyabikorwa batugana ari bake ariko ntitwicaye kuko umukobwa wabuze umuranga yaheze kwa nyina, bivuze ko natwe twatangiye kureshya abafatanyabikorwa kuburyo bitazaba bikiri ikibazo kuko batangiye no kugenda biyongera”.

Mu mihigo y’akarere ka Ruhango y’uyu mwaka, ibikorwa by’abafatanyabikorwa biri ku ijanisha rya 30%. Ubuyobozi bw’intara y’Amajyepfo bwasabye uturere twose ko twatangora kwireshyereza abafatanyabikorwa aho gukomeza kuvuga ko bababuze.

Iki kibazo kandi nti kiri ku turere gusa nk’uko bisobanurwa na Burezi Eugene, umunyamabanga uhoraho w’ihuriro ry’abafatanyabikorwa (JADFU).bo mu karere ka Ruhango, ngo ikibazo cy’abafatanyabikowa kiba no mu mirenge aho usanga imwe mu mirenge yo mu cyaro cyangwa iri kure y’umujyi itabona abafatanyabikorwa bahagije kuko usanga iba idafite ibikorwa bihagije ndetse kenshi ikaba iteye nabi bigaca intege zo kuhajya.

Nyuma y’amahugurwa yo kwiga ku kibazo cy’abafatanyabikorwa ku mirenge, Burezi avuga ko iki kibazo kigiye gutorerwa umuti kuko imirenge itarabona amahuriro y’abafatanyabikorwa nayo agiye kuyagezwaho, maze ibibazo byinshi bikaba ariho bikemurirwa.

Burezi avuga kandi ko umwaka ushize bari bafite imirenge ine gusa yari ifite komiti z’ihuriro ry’abafatanyabikorwa (JADFU).

 

 

Umurenge wa Rukara wahawe igikombe cy’indashyikirwa mu bikorwa by’umuganda rusange w’abaturage

$
0
0

Rwanda | Umurenge wa RukaraMinisitiri Musoni Protais ushinzwe imirimo y’inama y’abaminisitiri yashyikirije abaturage b’umurenge wa Rukara mu karere ka Kayonza ibihembo by’ubudashyikirwa mu gukora umuganda. Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu iherutse gutegura amarushanwa y’ibikorwa by’indashyikirwa byakozwe mu muganda.

Muri ayo marushanwa, umurenge wa Rukara wabaye uwambere ku rwego rw’intara y’uburasirazuba, uba uwa kabiri ku rwego rw’igihugu, ubikesha umuhanda w’ibirometero 3,8 abaturage bihangiye ubwabo uhuza umurenge wa Rukara n’uwa Kiramuruzi mu kArere ka Gatsibo.

Guhanga uwo muhanda ngo byatwaye amezi 12 nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rukara yabivuze. Uwo murenge wahawe igikombe, seritifika y’ishimwe na sheki y’amafaranga y’u Rwanda angana na miriyoni imwe n’ibihumbi magana abiri.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uwo murenge, Ngabonziza Bideri Vincent, yavuze ko yishimiye umwanya umurenge we wagize, kuko bigaragara ko ibitekerezo n’imbaraga bakoresheje bitapfuye ubusa.

Yongeraho ko ibanga bakoresheje kugira ngo umurenge wa Rukara uze mu myanya y’imbere ari ukujya inama n’abaturage no kureba ibibazo bibangamiye kurusha ibindi kugira ngo bikemurwe.

Abaturage na bo ngo bashimishijwe n’uko umurenge wa bo wabonye igikombe cy’indashyikirwa ku rwego rw’igihugu nk’uko Ugiragihoza Christine yabivuze. Yongereyeho ko abaturage bagiye kurushaho gukoresha imbaraga za bo bose nta n’umwe usigaye kugira ngo ubutaha umurenge wa bo uzabe uwambere.

Minisitiri Musoni Protais yasabye abaturage ko imbaraga bakoresheje bahanga uwo muhanda banazikoresha bakora ikiraro cya  Kagende gihuza iyo mirenge yombi kugira ngo abayituye bakomeze guhahirana nta mbogamizi.

Ku rwego rw’igihugu hatanzwe ibikombe bitatu ku mirenge yagaragaje ibikorwa by’indashyikirwa mu bikorwa by’umuganda rusange w’abaturage. Igikombe cya mbere cyatashe mu karere ka Nyanza, icya kabiri gitaha mu murenge wa Rukara wo mu karere ka Kayonza, icya gatatu cyo kikaba cyaratashye mu karere ka Rubavu.

 

 

 


Rwanda | Rubavu : Guverineri Kabahizi araganira n’imirenge gutanga serivise nziza

$
0
0
Guverineri Kabahizi Celestin

Guverineri Kabahizi Celestin

 

Guverineri w’intara y’iburengerazuba aherekejwe n’inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’akarere ka rubavu yatangiye uruzinduko agirira mu mirenge y’akarere ka Rubavu aganira n’inzego z’ibanze hagamijwe kubibutsa inshingano bafite mu gutanga serivise nziza no gucyemura ibibazo by’abaturage batagombye gusiragira k’ubuyobozi.

Bamwe mubaturage bavuga ko batabona abayobozi babasura ndetse ngo niyo bagiye ku mirenge n’utugari basanga bagiye mu manama bagasaba ko bagabanya umubare w’inama bagira bakababonera n’umwanya wo kubasanga bakabacyemurira ibibazo hamwe no kubaganiriza kuri gahunda z’iterambere.

Iyi nama ikurikiranwa n’inzego z’umutekano hakaba hagarutswe ku kibazo cy’abaturage batuye mu mirenge yegereje igihugu cya Congo bambukiranya imipaka badafite ibyangombwa bagahohoterwa, inzego z’ibanze zisabwa kuganiriza abaturage kwambukiranya imipaka bafite ibyangombwa  kandi bakabivuga mu rwego rwo kubungabunga umutekano wabo.

Akarere ka Rubavu gasuwe na Guverineri nyuma y’uko na Minisitiri w’intebe agasuye, nubwo atatambagiye mu mirenge yose ariko yasabye inzego z’ubuyobozi kwita kubibazo by’abaturage no gushyira mu bikorwa gahunda za leta zijyanye n’imyubakire, cyane ko abaturage batura mu kajagari nyuma bagatwarwa n’ibiza cyangwa bagatura ahadakwiye kubimura bikagorana.

Imirenge yasuwe kuri uyu wa Kane taliki ya 4/10/2012 ni Kanama, kanzenze na Nyundo, inama yibanze k’umutekano, inzego z’ibanze zigashishikarizwa gukurikirana ibibazo by’abaturage no kubegera ndetse zikamenya no gutanga amakuru kugira ngo ibitagenda neza bikurikiranywe.

Ingero zitangwa akaba ari abaturage batoragura ibyuma nk’ibisasu babyita imari, abahungabanya umutekano, abambukiranya imipaka bitemewe, abangiza ibidukikije, abubaka ahatemewe hamwe n’abatwikira amatafari ahatemewe inzego z’ibanze zikabimenya zikabihishira.

 

 

Rwanda : Undetonated explosives still posing danger

$
0
0

Unexploded ordnance (UXOs)  are weapons (bombs, bullets, shells, grenades, and land mines that did not explode when they were employed and still pose a risk of detonation.

Rwanda like any other country that experienced war from the 1990s inherited a lot of undetonated explosives. In the Northwestern Region, a lot of explosive weapons were left scattered beneath the soil. These explosives pose a lot of danger today.

According to Police, on October 3, 2012 three tortoise grenades were recovered. One was recovered next to the parliamentary building where COTRACO is currently building a retaining wall while two others were recovered in the ceiling of SP Petrol Station house in Nyagatovu cell, Gitarama Sector in Muhanga District. The examples are a clear indication that these weapons are still at large.

Police statistics show that in the last four years, about 30 people were killed by such explosives while about 300 others were injured.

Governemnt put in place a team of experts in demining exercise to get rid those UXOs and to also sensitize the public to beware of such dangerous explosive weapons.

The sensitization process includes displaying to the community various types of explosives and the way they should avoid them.

“This has in return helped the community have prior knowledge on those deadly munitions and also take precautions to keep away from them. They in the process joined the campaign and a number of people showed where some of these ammunitions were kept or hidden.”

Note that some people especially children, were [and still] killed by these explosives, unknowingly, trying to play around with them.

These efforts the police say have since paid-off since many of these ammunitions have been recovered and disposed off. But the few which are still out there pose a threat to people’s lives, especially children, and the public is cautioned to beware.

Everyone is called upon to take preventive measures and report any suspicious device, avoid touching them and notify the nearby security organs or other concerned Institutions.

 

Rwanda | RUSIZI: UBUMWE N’UBWIYUNGE IRUSIZI BUKOMEJE KUBA UMUSEMBURO W’ITERAMBERE.

$
0
0

RUSIZI

Aya magambo yatangajwe kuri uyu wa kane, tariki ya 04 /10/ 2012, n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Dr Habyarimana Jean Baptiste, mu biganiro byamuhuje n’abagize Forum y’Ubumwe n’ubwiyunge mu Karere ka Rusizi, bikaba byabereye muri Centre de Pastoral Incuti i Kamembe.

Ubwo yatangizaga ibi biganiro, Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe ubukungu Bwana Marcel Habyarimana, yatangaje ko kugeza ubu, aho igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigeze mu Karere ka Rusizi, ari aho kwishimira, ariko anagaragaza ko hakiri akazi ko kureba uburyo  n’10% risigaye kandi rigaragazwa n’ubushakashatsi ko batarumva neza ubwumwe n’ubwiyunge nabo bagomba gufashwa gutera ikirenge mu cy’abamaze kubyumva.

Marcel, avugako nubwo Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge ikora ibishoboka byose ngo abanyarwanda babashe kubana neza, ko buri wese agomba kumenya ko ubumwe n’ubwiyunge ari ishingiro ry’imibereho myiza y’abanyarwanda, izira urwikekwe.

Muri ibi biganiro, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge Dr Habyarimana Jean Baptiste, yatangaje ko intego y’ibi biganiro ari ukugira ngo barebe uko inzira y’ubumwe n’ubwiyunge ihagaze mu Karere, cyane cyane nyuma y’irangizwa ry’imanza z’inkiko gagaca  dore ko hari ibibazo bigenda bigaragara mu irangizwa ry’imanza zo mu cyiciro cya 3 zirebana no kwishyura imitungo yangijwe mu gihe cya Jenoside.

Dr Jean Baptiste avugako, binafite intego yo kungura ibitekerezo n’abayobora imirenge kugira ngo harebwe koko amashyirahamwe afite ibikorwa by’ubumwe n’ubwiyunge bifatika kandi bigamije guteza imbere abayagize, uko yafashwa ku kwimakaza imibanire myiza no hakazanarebwa uko hatangira kwitegura icyumweru cy’ubumwe n’ubwiyunge giteganyijwe kuzaba mu matariki ya mbere y’ukwezi k’Ugushyingo 2012.

Dr Jean Baptiste kandi avugako ibiganiro nk’ibi bigomba kumanuka bikava ku rwego rw’Akarere bikagera ku rwego rw’imirenge, utugari n’imidugudu, kugira ngo buri munyarwanda wese abigire ibye, amenye n’inyungu agomba kubivanamo.

Nkuko akomeza abivuga kandi ngo kimwe mu bigaragaza imbuto z’ubumwe n’ibwiyunge mu Karere ka Rusizi, n’imikorere ihamye y’amashyirahamwe y’abahemukiwe n’ababahemukiye mu gihe cya jenoside ya korewe abatutsi mu w’1994, aho usanga bafashanya mu bikorwa binyuranye, cyane cyane mu kugabirana, gufashanya mu mirimo imwe n’imwe nk’ubwubatsi no kubyarirana abana muri Batisimu.

Urugero rutangwa akaba ari urw’abakiristu bo muri Paruwasi  Gaturika ya Mushaka n’abo mu murenge wa Mururu.

Biteganyijwe ko ibi biganiro bizamara iminsi 2, ababirimo bakazanatanga inama z’uburyo ibikorwa by’ubumwe n’ubwiyunge byarushaho kugaragara mungeri zose.

 

 

 

Rwanda : Kirehe-Amarushanwa mu myiteguro y’isabukuru ya FPR Inkotanyi yarasojwe

$
0
0

Kirehe-Amarushanwa

Kuri uyu wa 03/10/2012, mu karere ka Kirehe hashojwe amarushanwa yari amaze igihe akoreshwa n’umuryango wa FPR  Inkotanyi mu rwego rwo kwitegura isabukuru y’imyaka 25 uyu muryango umaze.

Chairman w’umuryango FPR Inkotanyi mu karere ka Kirehe Murayire Protais akaba yasabye abatsinze amarushanwa gukora ikipe y’akarere kugira ngo bazarushanwe ku rwego rw’intara y’iburasirazuba,aho yabashimiye uburyo bitwaye muri iki gikorwa cy’amarushanwa.

Mu marushanwa yakoreshejwe mu karere ka Kirehe harimo amarushanwa yo gusiganwa ku maguru hamwe n’abatwara amagare,indirimbo hamwe no gukina umupira aho imirenge yagiye irushanwa mu gukina umupira.  aya marushanwa akaba yarahuje abaturage baturutse mu mirenge yose igize akarere ka Kirehe,bakaba bavuga ko bungutse ibintu byinshi bitandukanye kuva baza muri aya marushsnwa kuko kuri bo babona ko ari umwanya wo guhura bagasabana ikindi kandi ni uko babonye urubuga rwo kugaragaza impano zabo aho bavuga ko byajya bikorwa byibura rimwe buri mwaka.

Umurenge wa gatore ukaba warahawe igikombe ku rwego rw’akarere kuko ariwo watsinze mu mukino w’amaguru,aho uyu murenge watsinze umurenge wa Kigarama, aya marushanwa akaba yarasojwe akarere ka Kirehe gatanga ibihembo ku bantu batandukanye batsinze aya marushanwa.

Aya marushanwa yateguwe n’umuryango FPR Inkotanyi mu rwego rwo kwitegura isabukuru y’imyaka 25 umaze, uyu munsi mukuru ukaba uzaba ku itariki 15/12/2012.

 

 

 

Rwanda | Exclusive: Kagame’s historic speech in Parliament

$
0
0

Kagame’s historic speech in Parliament

President Kagame on Thursday (October 04) delivered what some commentators are describing as a ‘life-time’ or ‘historic’ speech in Parliament as he launched the judicial year 2012. Some have called a ‘no-mincing-words’ address, in which he spent much of the 58-minutes lambasting the west, DR Congo government and critics in general. At some point, he branded the Congolese government as “ideologically bankrupt”. For those who were expecting the usual scripted talk, you missed out. And for the first time, he laid out the standard on which future Rwandan leaders should be selected. We bring you a word-by-word transcript of the speech.  Read below:

 

 

Officials of our Country

Members of the Diplomatic Corps

I greet you all and thank you for being here with us during this event.

I especially thank everybody working in the judiciary which is responsible for the justice in Rwanda.

We are here for two reasons:

The first is to witness the swearing-in ceremony of Hon Mukakarangwa Clothilde, Madam Ombudsman, Cyanzayire Aloysia, and the Army Chief of Staff, Land Forces, Maj Gen Frank Kamanzi. I take this opportunity to welcome them and wish them the best in their new appointments.

We are also here to launch the 2012-2013 Judicial Year. This is an opportunity to present to Rwandans the new plans for the judicial year. The two ceremonies, though different, are complementary. The swearing-in of some officials linked to the justice sector and the new judicial year both aim to give Rwandans confidence in their country.

The Office of the Ombudsman like other judicial institutions exists to protect Rwandans. These institutions defend the freedom of the people, which cannot be possible without security in our country.

Ladies and Gentlemen;

Let me get back to the launch of the new judicial year.

There is no doubt that the Judiciary in Rwanda has greatly improved. Many Rwandans have trust in their Judiciary and so does the international community. The international community has recognised this progress and this is why there is now good collaboration in transferring cases to be tried in Rwanda. Any other excuse not to transfer cases here can be interpreted in another way, but not because our judiciary doesn’t have the capacity. Cases which have not yet been transferred are a result of external hindrances and political reasons that we cannot solve. So, we leave that to the international community.

What is in our power is to continue to find strategies to strengthen our judiciary and transparency in the judicial sector. We need to do this by fighting all corruption and misuse of public funds. Just as we demand quality service delivery from other public officials, so do we of the judiciary. I call upon Rwandans to seek their services and play their role in supporting these institutions so that all problems can be solved. History has taught us that we need to continue building our capacity for home-grown solutions to the problems of our country.

Although our judiciary has generally improved significantly, we still have challenges that we cannot control – those originating from the external justice. All our efforts have not stopped some foreign jurisdictions from misinterpreting us, especially when it comes to building our countries and our continent. In fact, this applies to developing countries in general.

As far as Africa is concerned or Rwanda in particular, it’s not possible to tell whether what is applied is justice or politics – you cannot easily see the dividing line.

International justice, just like so many other things we have seen in the recent past, is used to define and determine how Africans should live their lives.

In English there is the saying about a carrot and a stick. Sometimes they give you a carrot but then later this carrot becomes a stick which they use to beat you up.

When international justice is applied to us, there is no carrot and stick. There is only stick; a political stick which they use to lead Africans in the direction of their choosing. One day they use international justice to lead you where they want but another day they use aid.

They call it international justice, but there are no clear guidelines. This international justice is not used where there is injustice. Instead, they use it for their political interests.

Let me start with our neighbours in D.R. Congo. This region used to be called Congo-Belge-and-Ruanda-Urundi is if it was one country, remember. Some people still think it is still the same – it is not. The Rwanda of today is totally different from the Rwanda of Ruanda-Urundi-and-Congo-Belge.

Those who caused the current problems in Congo know themselves. They caused these problems in the past centuries. Now, strangely, they want Rwanda to be accountable for the existence of Rwandaphones in Congo. Those who took Rwandophones to the Congo should be the ones accountable for these problems. These Rwandaphones are persecuted every day. Yet the people who give us lessons about human rights keep quiet and condone what goes on. And they turn around and blame Rwanda for the problems of the Congo. They should bear responsibility for the problems.

The law of the jungle says: ‘You break it, you own it.’ But for them, it’s the other way round: ‘I will break it and make you own it.’ We are not going to own it. Even with these threats every day, threats of aid cuts, threats of whatever list you have, you are just dead wrong. We Rwandans are better off standing up to this boorish attitude. The attitude of the bullies must be challenged. That is what some of us live for. We are better off that way. We know that if we don’t, we will be terribly worse off.

Rwandans – if you don’t stand up for your dignity, you accept to be beaten with that stick I talked about earlier. When you accept to be bullied, you are worse off than rejecting abuse and fighting it. When you fight, you can live your own way, and get along with what you have. This is where our interest lies; not kneeling down for people who in the end will persecute us. When I see what Rwanda has gone through in the recent past, I look for the real justification for it and can’t find it. I hope some of you can find the reason for it and let us know so that we can get out of this. Rwandans need to question why the whole world keeps mentioning Rwanda when they are talking about problems in the D.R. Congo.

The other day I heard on the radio people saying: “You know, if Kagame stood up and said he is condemning this group, the donors could unfreeze the aid.” Really?

So, is that what they want? Kagame to denounce so and so, so that they can release the aid that Rwandans deserve? If I am to do it, I would first denounce those that caused the M23 to exist in first place. I would denounce the government that does not respect or work for its own citizens. I would denounce the international community that seems blind to what is happening, before I denounce anybody else. To me, M23, the Government of Congo, the international community, are all ideologically bankrupt because they cannot properly define a simple problem that they see. They keep running in circles. For over a decade, they’ve been running around and keep blaming Rwanda for the problems of the Congo. Why don’t they have courage to blame themselves and take part of the responsibility before anybody else will take the responsibility? What is this blackmail about?

Aid? There is no country in this world that receives aid and accounts for it better than Rwanda. There is none. So, I am not sure if these people who give us aid want us to develop. They give us aid and expect us to remain beggars. They give you aid so that you forever glorify them and depend on them. They keep using it as a tool of control and management.

Our new Rwanda must be different. And I will not stop telling my fellow brothers and sisters, Africans, to just wake up and know that wherever this happens, some of them invited it and are not ready to stand up to the challenge. They must get up and be ready to stand up to this challenge. They are better off that way and there is no alternative. Africans must refuse to be treated as nobodies.

These powerful countries create a court for Africans and call it “international”, when it is only for Africans. And it’s not necessarily for those who have done wrong. It’s for those who have disobeyed. They pretend and tell us that they are going to punish people who are involved in the recruitment of child soldiers but they don’t pursue those who kill children. There are people who kill, who rape, who do everything but these powerful countries just keep quiet about them. Is that how Africans should be? Is it what they want them to be?

So, it becomes a tool of control, of management. If you are killing your own people, if every day you are inciting people to kill other people, these powers will not show up. They will be quiet because, after all, to them there are some people who deserve to be killed. That’s what we are seeing across in the Congo.

Some of you, members of this house, you probably will have visited those refugees as many others I know have. You follow what goes on in the Congo. One part, actually the main part, where crimes are committed in broad daylight, that’s none of their business. It’s ok because people who are being killed, who are being raped, maybe deserve it. And then they turn to the other part and say everything wrong that has happened in the Congo now has to have people who should be responsible – the so-called M23. People who are raped and killed in Kinshasa, M23 is blamed and Rwanda must condemn it. People killed in Kindu, in Uvira, wherever, M23 is responsible and Rwanda must condemn it. People who raped young girls who are in those refugee camps, it’s M23. Even now in the territory that is occupied by representatives of that international community…..

It even goes to Geneva, the UN Commissioner for Human Rights who says: “These are the worst criminals in that territory. They are raping……” Well, there is a bigger territory where worse things are happening. If that was happening, it does not cover up what is happening even in the hands of government, does not substitute for what needs to be done about crimes.

So, if I am to condemn; if you ask me to condemn people or to blame them for anything, I know where to start. I can’t be like these people. This law of the Jungle, this persecution of people even at the international level is just unbecoming. It is unbecoming and they start mixing things that are completely unrelated. They say: “Freeze, freeze aid to Rwanda, suspend…” What is the connection? This injustice does not make us compliant, it make us defiant. I am not one of those who would be made to comply by means of injustice done to my people, to my country. I am one of those who will be openly defiant. On being defiant, count me on that.

You can have your day, you can cause suffering to my people. On that one, they are very good. You can have your day. But to make Rwandans compliant because of that or on that basis will be very, very difficult. I know I am speaking for Rwandans. I know I am speaking for Africans, many of who will not stand and say it. If I am wrong and mistaken; if I am not speaking on behalf of you Rwandans; if I am not speaking on behalf of Africans and you are not of the same view as me, ask me to step down and I will not hesitate to do so right away.

If at all you think I am not adequately representing Rwanda’s interests, you should let me know and I will step aside immediately. This injustice cannot and should not be tolerated. And these people who created injustices here and who have created injustices for this region and for our neighbours cannot stand there and give me lectures about anything. They cannot. They are free to go and do anything they want. I know they are capable of doing wrong things… On that one they are very good, so they are free.

We are doing our best. We are trying our best to take this country forward, to unite our people, to give them a decent living like those people have. But they think we don’t deserve it. They think we don’t deserve the same development, the same value as they have. Why would anybody accept that?

Why should you Rwandans ever accept it? Why? The only crime we have committed is to be trying our best to be decently making progress. That’s a crime! Let me tell you: No, it cannot happen. It should not happen. It should not be allowed. It should not be accepted. Let us continue to do what we can do. Those insults thrown upon us every day, you ignore them. Don’t even accept to put these unhappy faces on because they will think they have got where they wanted you. Just let us continue doing our best and let us not accept to be provoked. Let us remain balanced. Let us keep mastering our art of getting the most out of the very little we have in our hands. Let us also try and continue to be decent people. Some of these insults and injustices, everything, happen because of mainly two reasons.

One reason is that some Africans also continue to make horrible mistakes and of course that makes for a good excuse for people to come in and make it worse for you, not any better.

The other reason is our weaknesses in terms of institutions and our own lack of integrity. We fail to focus on how to deal with our problems ourselves or at least to take the lead in resolving our problems. So they go through that. Those are cracks through which they will come in and cause you worse problems.

All these pretexts come about because some people in Africa make mistakes that they shouldn’t make. People who don’t govern their people and represent their interests in the way they should and end up attracting attention and give people loopholes and excuses to come and mess them up. They will use that to say: “you see, this is how Africans are…”

There is also the failure to create institutions, because of the mistakes I mentioned, and end up attracting these people who come with the excuses of helping to solve our problems. Fellow Rwandans, you should not accept to be victims. Never put yourself in a vulnerable position because no one will get you out.

Of course, there are good people out there who understand how things should be but sometimes we find ourselves getting caught in the cross-fire of political wars. Sometimes you find that people who don’t understand things are the ones wielding power and we end up bearing the brunt of their frustrations. Never mind that some of the frustrations may even be as a result of personal problems. Rwanda ends up being trodden on like that.

Honestly, some of these things are done to us because people can just do it; they don’t have to have justification, no. First of all they are the law unto themselves. They consider themselves as the law and what they say or want is what should be done. They even influence international justice institutions to do their bidding and this is where international justice ends up being politicised. There is no respect for justice. When you don’t respect the law, why do you expect others to do so?

Look at the issue of aid. There have been many agreements on aid, signed in different places; there is Busan, Cotonou; the Abuja treaty, Lagos….. What else? We are not short of places and agreements signed for aid disbursement. But if you ever were deceived that the other party respects you or the agreements, then you are mistaken. They have not even the courtesy to tell you. You just hear on radio that they’ve cut aid or read it in newspapers. No courtesy because they owe you nothing. May be that’s right. They really don’t owe us anything after all, do they?

But why would you deceive people and say we have an agreement and this is how we are going to conduct business, and the other party disowns the agreement as and when they want? They don’t even have to have a good reason, they don’t. That shows how much contempt these people have for us. This shows how much contempt and arrogance they regard us all with. If there was an understanding that they owe us nothing, I would endorse that 100% because it’s true. The problem is that they say they are assisting us but there is lack of consistence.

We are told that they are pursuing their interests but you are left wondering sometimes how we have stood in the way to stop them from pursuing their interests. It is difficult to understand what they really want. We have never questioned or stopped anyone from taking Congo’s wealth because it’s not even our business. However, you will hear the same people turn around and accuse Rwanda of progressing because of Congo’s wealth. How can this happen if the wealth cannot make the Congolese who own the wealth progress? What is saddening is that even the Congolese themselves will join the chorus about Rwanda progressing because of their wealth. Why won’t they use their wealth to develop their country? How can wealth benefit others and not those who possess it?

The only external wealth that I acknowledge to have helped Rwanda progress is the aid that is given to us and taken away as those who give it wish. We are always courteous enough to register our appreciations to those who assist us. However, there are those who give you assistance and want to control and follow you up to show you how you should use the assistance. What culture is this? I think this is too much contempt and arrogance. This cannot happen in a society that values its culture.

People who have power, and have a lot of it for that matter, should also be wise. They should wisely exercise that power. After all if you have power, why not exercise it deligently, in a wise way? Why do you have power and go tramping on people who are powerless? When the powerful get angry, it’s not justified. But many times the powerless have a lot of justifications to be angry.

The powerful, please don’t abuse your power. It is not appropriate in any culture for the powerful to use excessive power on the weak, the poor and powerless. This only happens in a world without a culture and values. But the weak, the poor, the powerless have a different potential that they should use correctly to get out of this kind of position we find ourselves in every time. There is another kind of power that we have and should use. The power of being right. The power of being correct. The power of refusing injustice. So, you will keep hearing from me on this. That is why you hired me, Rwandans. I would be happy that some of you or all of you should be thinking about how we continue with this attitude of according ourselves dignity.

Even after me, we should have somebody who continues on the same path. In fact, this should be the qualification for the one who will step in my position. It should be that and nothing else: to fight for Rwandans so as to have what they deserve and that is no less than dignity. Agaciro – the dignity that we have. Only people who can continue to give that dignity to Rwanda are the people who should lead Abanyarwanda!

 

 

 

Rwanda | Bugesera : Kujijura abaturage ni ukubakingurira amarembo agana ku iterambere

$
0
0

Abayobozi baha za Bibiliya abize gusoma no kwandika bakuze

Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buratangaza ko kujijura abaturage ari ukubakingurira amarembo agana ku iterambere, Ibyo babitangaje ubwo kuwa 5/10/2012 hasozwaga ibiganiro by’iminsi 2 bigamije kunononsora imyigishirize igezweho  mu kwigisha abakuze batazi gusoma kwandika no kubara mu karere.

Imibare igaragaza ko mu karere ka Bugesera kugeza magingo aya, hakiri abatazi kwandika, gusoma no kubara basaga ku 15.000, ariko ngo uyu mubare n’ubwo ukiri munini wahagurukiwe n’inzego zitandukanye z’ako karere n’abafatanyabikorwa bako ku buryo imihigo y’uyu mwaka watangiye izasiga 5000 bivuye muri uwo mubare nk’uko umuyobozi w’akarere ka Bugesera Rwagaju Louis abitangaza.

Yagize ati “ ibi biganiro by’iminsi 2 bigamije kwita kuri iki kibazo, ibiganiro byahuje abahagarariye abigisha gusoma, kwandika no kubara n’abashinzwe uburezi mu mirenge igize ako karere, hanozwa imfashanyigisho igezweho”.

 

Bamwe mu bize bakuze

Bamwe mu bize bakuze

Yavuze ko izi gahunda zo kujijura abaturage zashyizwemo ingufu kuko nta terambere rishoboka mu gihe abakarigizemo uruhare batabasha kumenya amakuru anyuze mu nyandiko, cyangwa ngo babashe kwibarira ibyo batunze no kubyongera.

Nizeyimana Wellars, umuhuzabikorwa w’amasomero yigisha abakuze mu karere ka Bugesera  avuga ko kwigisha gusoma, kwandika no kubara byakorwaga, ariko ngo wasangaga buri wese yiyigishiriza mu buryo bwe, nta guhuriza hamwe, ndetse ngo no gusuzuma imitangirwe y’izo nyigisho bikagorana.

Ati “ guzuzumira hamwe imfashanyigisho bizatuma habaho imikorere inoze kandi n’izuzuma rikorwe neza”.

Mu gusoza ibyo biganiro hashyizweho komite igizwe n’abantu 7 bazajya bakurikirana iyo myigishirize y’abakuze, bagategura amasuzumabumenyi ateye kimwe ku rwego rw’akarere kugira ngo hajye hamenyekana urwego abakurikiye inyigisho bagezeho.

 

 

 

Rwanda | Ngororero: Ibikorwa bishingiye ku bitekerezo by’abaturage bituma babyibona mo

$
0
0

Imwe mu ngamba ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero bwafashe mu rwego rwo kwihutisha ibikorwa cyane cyane ibikubiye mu mihigo y’akarere ni ukugendera kubitekerezo by’abaturage mu guteganya ibikorwa kuko bituma babyibonamo kandi bakabigira mo uruhare rugaragara aho kubyita ibya Leta.

Ibi, umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu bwana Emmanuel Mazimpaka ubu wasigariye ku buyobozi kuko  Maire w’akarere ari mukiruhuko akaba yarabibwiye abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge abasaba ko bagomba guhera mu baturage basobanura ibikubiye mu mihigo ari nako basaba ibitekerezo by’abaturage ku migendekere yabyo inoze.

Abaturage bo mu kagli ka Rususa basiza ikibanza ahazubakwa ibiro by’akagali kabo

Abaturage bo mu kagli ka Rususa basiza ikibanza ahazubakwa ibiro by’akagali kabo

Uko guha agaciro abaturage bikaba byaratangiye gutanga umusaruro aho ubu abaturage barimo gusiza ibibanza by’ahazubakwa inyubako zitandukanye nk’amashuli, amacumbi y’abarimu, ibiro by’utugari ndetse n’ibindi.

Abayobozi b’imirenge basanga nubwo hari ibikorwa bigaragara ko byagenewe inkunga y’amafaranga mekeya cyane ugereranyije n’ibikenewe, amahirwe bafite ari imyumvire y’abaturage babo ikomeza kuzamuka buri mwaka ari nako bagira uruhare muri ibyo bikorwa kandi babikunze.

Urugero rutangwa ni uko abaturage aribo bihitiramo umunsi bakoraho umuganda ndetse bakavuga n’icyo bazakora, ibi bigatuma ubu nta bayobozi cyangwa abashinzwe umutekano birirwa biruka mungo z’abaturage babahatira kujya mu muganda nkuko byahoze.

Bwana Mazimpaka avuga ko igikorwa gishobora kutagenda neza ari ikidashimishije abaturage gusa, ibyo bikaba bivuga ko uwagiteganyije atabagishije inama cyangwa ngo abasobanurire ibirebana nacyo mbere y’uko gitangira gukorwa kandi ngo ababikora gutyo bazajya bagaragara byabananiye. Avuga ko umuturage ariwe wibanze mugukora igenamigambi.

 

 

 


Rwanda : Gicumbi-RGB irakangurira inzego z’ibanze gutanga amakuru

$
0
0
Bamwe mu bitabiriye ibiganiro

Bamwe mu bitabiriye ibiganiro

Abayobozi bo mu nzego z’ibanze barasabwa gutanga amakuru ku bayabasabye kuko utabikoze itegeko ribimuhanira, bakaba banasabwa guharanira gutanga serivisi neza ku babagana.

Ibi n’ibyatangajwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere myiza Rwanda Governace Board mu biganiro byabereye mu karere ka Gicumbi byari bigenewe abayobozi bo ku rwego rw’imirenge n’akarere

Ibiganiro byahawe aba bayobozi basonuriwe itegeko rigenga imikorere y’imiryango itegamiye kuri leta cyane cyane  amadini, ikijyanye n’ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza n’ibikorwa byari biteganijwemo.

Nkusi Alphonse ukuriye serivisi ishinzwe guteza imbere itangazamakuru mu kigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere myiza yatangaje ku bijyanye n’uruhare rw’itangazamakuru mw’iterambere n’imiyoborere myiza, basobanuriwe uburyo rifite uruhare mu gutuma habaho imiyoborere myiza ababwira ko nta muyobozi ufite uburenganzira bwo kwimana amakuru igihe cyose ayasabwe.

Abitabiriye ibi biganiro bahawe umwanya nabo bagira ibyo babaza banatanga ibitekerezo byabo ku biganiro byatanzwe ; nko kubijyanye no gutanga amakuru cyane igihe umuyobozi ayasabwe  bakaba bagaragaje ko hari igihe atayatanga ariko atariwe biturutseho ; ahubwo ari uko  ahuze,  abandi bagaragaza ko hari n’abayimana ku bushake kuko baba bumva ko atari ngombwa.

Abo bayobozi banagaragaje ko akenshi abanyamakuru baza bashaka kugaragaza ibitagenda neza gusa kandi n’ibyiza bihari  ntibanifuze kandi ko amakosa bakoze ajya ahagaragara.

Nkusi Alphonse; asanga igihe umuyobozi avuzweho ikintu kitamushimishije ariko ari ukuri nta kibazo kirimo ariko n’abanyamakuru si byiza guhora bavuga ibitagenda gusa kandi n’ibigenda bihari.

Munyezamu Joseph umukozi w’akarere ka Gicumbi ushinzwe imiyoborere myiza , yatangaje ko ibi biganiro bibasigiye isomo rikomeye kandi ko bagiye kwitabira gukorana n’itangazamakuru.

Abitabiriye ibi biganiro bamenyeshejwe umurongo utishyura bajya bifashisha igihe bafite icyo bashaka gusobanuza cyangwa bashaka gutanga amakuru ariwo 3520.

 

 

Rwanda : Regional leaders meet again over Congo conflict

$
0
0

Regional leaders meet again over Congo conflict

President Kagame (extreme back) attends the summit

 

Rwanda’s President Paul Kagame on Monday participated in the fourth Summit of Heads of State of the ICGLR on the crisis in Eastern DRC chaired by Uganda’s President Yoweri Museveni.

Also participating in the ICGLR summit was DRC President Joseph Kabila, President Pierre Nkurunziza of Burundi and President Salva Kir of South Sudan.

At today’s summit, leaders discussed implementation of the regionally driven mechanisms which in three months since the first summit held in Addis Ababa have seen notable advances, including the cessation of hostilities in Eastern DRC, according from the Office of the President.

The expanded Joint Verification Mechanism and the Military Assessment team launched in Goma in September is operational with all members now on the ground fulfilling their commitment to bringing peace to Eastern DRC.

Opening the discussions, ICGLR Executive Secretary, Prof Ntumba Luaba said:

“I strongly encourage continued and sustained high level dialogue at the bilateral and regional level … I welcome the recent progress in strengthening confidence building measures, notably the Joint Verification Mechanism.”

President Museveni, chair of the summit, was tasked with continuing dialogue with belligerents as well as ensuring support from all member state for the implementation of a neutral force. The Summit concluded with acknowledgment of steady progress, cooperation of members and a renewed commitment to pursuit of sustainable peace based on regional ownership of solutions to problems affecting the Great Lakes Region.

President Kagame will tomorrow attend official 50th Independence Day ceremonies taking place in Kampala.

Regional leaders meet again over Congo conflict2

President Kagame arrives at the Entebbe International airport, ahead of the ICGLR summit

 

Rwanda | Nyamirama: Baritegura isabukuru y’imyaka 25 y’umuryango FPR Inkotanyi baremera abatishoboye

$
0
0

m_Nyamirama Baritegura isabukuru

Abaturage mu nzego zitandukanye bo mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza, kuri uyu wagatandatu tariki 06/10/2012 baremeye bagenzi ba bo batishoboye. Babikoze muri gahunda y’ibikorwa byo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 y’umuryango FPR Inkotanyi.

Akarere ka Kayonza gaherutse gutangiza gahunda yitwa “Girinshuti Munyakayonza” aho umuturage asabwa guhitamo umuntu nibura umwe yajya afasha muri gahunda zo kwiteza imbere. Umuntu afasha inshuti ye haba mu kumuha ibyamuteza imbere, ariko by’umwihariko agasabwa kumuha inkunga y’ibitekerezo.

Abaturage bo mu murenge wa Nyamirama na bo mu kuremerana bakurikije iyo gahunda. Abaremeye bagenzi ba bo babahaye inka n’amatungo magufi yiganjemo ihene n’inkwavu, banabaha imyambaro ndetse n’ibikoresho byo mu rugo byiaganjemo amabase.

Abaturage baremeye abandi bavuze ko ibyo bagezeho babikesha umuryango FPR Inkotanyi wagaruye amahoro mu Rwanda, ku buryo ngo bumva ari inshingano ya bo gufasha uwo muryango kuvana Abanyarwanda mu bukene nk’uko wabyiyemeje.

Umuyobozi w’akarere ka Kayonza Mugabo John yashimiye abo baturage ubushake bagize bwo kuremera bagenzi ba bo batishoboye, ariko anabashishikariza gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge ndetse no kwitabira gahunda za leta zigamije iterambere ry’umuturage zirimo ubwisungane mu kwivuza no kujyana abana mu mashuri.

Ati “Urumogi ni uburozi, nta munyamuryango wa FPR ukwiye kurucuruza kuko yaba aroga. Kanyanga nayo ni uburozi, kandi nta munyamuryango ukwiye kuba umurozi (…) umunyamuryango akwiye kwishyura ubwisungane mu kwivuza kandi akohereza abana ku ishuri”

Mbere y’uko abaturage baremera bagenzi ba bo batishoboye, habanje gukorwa imurikabikorwa ry’ibyo abaturage bo mu murenge wa Nyamirama bagezeho babikesha umuryango FPR Inkotanyi

Hamuritswe imbangukiragutabara abaturage b’umurenge wa Nyamirama biguriye ubwabo muri gahunda y’ubudehe, ikaba ibafasha mu kugeza umuturage warwaye kwa muganga. Banamuritse ibyo bagezeho biri mu nzego z’ubuhinzi, ubukorikori, ikoranabuhanga n’ubukungu.

Cyprien M. Ngendahimana

Rwanda : Governor cautions leaders on responsibility

$
0
0

Governor cautions leaders

The Governor of the Western Province, Celestin Kabahizi, has cautioned local government leaders to take the responsibilities seriously so as to provide better services to citizens.

The governor said that this negligence has affected the performance of the province in the national performance contracts and the leaders should wake up and start working as required.

Kabahizi made the remarks while addressing local leaders from the cell and sector levels in the western province.

Some of the highlighted issues that local leaders have not been addressing in the areas, and have impacted on the province include: poor hygiene and settlements in the town outskirts, soil erosion and insecurity, illegal brick making activities done in residential areas, construction of illegal structure without permits which has resulted to demolitions, drunkenness and prostitutions that has been on the rise in bars; among many others.

The governor says that such issues have affected the level of good governance, services provided to residents and subsequently reflected in the poor performance of the province in meeting the set development goals.

On the issue of security, local leaders were asked to address it by gathering information on all residents, and especially the visitors. This comes after reports some residents were seen dressed in Congolese army uniforms possessing arms- who allegedly attempted to loot a resident in Busasamana sector, but was rescued.

Governor cautions leaders 2

Security officials also stated that the business community should be on the alert of the Congolese FDLR rebels who are allegedly infiltrating the community with black market goods from The Congo.

Residents participating in the meeting responded to some of the issues. On the security matters, they sighted the issue of criminals who are arrested by residents and later released by the police, on hygiene- they said that more work needs to be done in Gisenyi town but the poor road network was a major cause of the lack of hygiene. On the issue of resettlements-they said that residents relocated from the Gishwati forest reserve have not been compensated and this affects the program of resettlement.

Governor Kabahizi asked residents, local leaders and opinion leaders to work together to ensure that these issues are streamlined so as to show some positive progress in the province.

 

Rwanda : Kirehe prepares RPF celebrations

$
0
0

Kirehe prepares RPF

Youths in Kirehe district are preparing for the 25th anniversary celebrations of Rwanda’s ruling party Rwanda Patriotic Front (RPF-Inkotanyi).

The youth from various sectors in the district participated in various sporting activities in areas of football, marathon and cycling, and singing completion among others.

The competitions were organized by the RPF Inkotanyi committee in Kirehe district, as part of the preps for the party jubilee that is slated for October 15, 2012.

Kirehe district RPF Inkotanyi Chairman, Protais Murayire hailed the youths for the level of discipline and sporting spirit, and called the youths to form a district team that will compete with other districts at the provincial level in the Eastern province of Rwanda.

The competitions attracted many residents from all the sectors in Kirehe district. They said that through the activities they were able to meet and share their various talents in form of competitions and entertainment, which contributed to the need of getting closer to each other.

The residents also asked that this tradition becomes part of the annual community get together programs so as to encourage unity among the members.

Gatore sector won the football competition, and walked away with the soccer medal, after beating Kigarama sector. Other residents were also rewarded in different categories during the closing ceremony held on October 3.

Viewing all 3624 articles
Browse latest View live


<script src="https://jsc.adskeeper.com/r/s/rssing.com.1596347.js" async> </script>