Quantcast
Channel: News Of Rwanda – Rwanda News
Viewing all 3624 articles
Browse latest View live

Karongi: Local Defense zabwiwe ko gukuramo umwamboro bambaraga bitabambuye ishingano zo gucunga umutekano

$
0
0

Abahoze ari local defense mu karere ka Karongi bagera kuri 970 basabwe kutitiranya kwambura umwambaro wa local defense no kwiyambura inshingano zo kurinda umutekano hamwe n’abandi Banyarwanda.

Ibi byashimangiwe kuwa 14/07/2014 ubwo mu rwego rwo kubahiriza itegeko rikuraho umutwe wa Local Defence uzasimburwa n’urwego rwa DASSO mu karere ka Karongi mu ntra y’Uburengerazuba basezereraga ku mugaragaro abari abalocal defense 970.

Ubuyobozi bw’akarere n’ubw’inzego z’umutekano babibukije ko kuba bakuyemo umwambaro w’abarangaga bidasobanuye ko biyambuye n’inshingano zo gufatanya n’abandi Banyarwanda kurinda no gucunga umutekano w’igihugu.

abahoze ari local defense bahawe celitificat z’ishimwe n’umusanzu mu kubumbatira umutekano

abahoze ari local defense bahawe celitificat z’ishimwe n’umusanzu mu kubumbatira umutekano

Maj. Bugingo Sureter uyobora ingabo mu Karere ka Karongi yashimye akazi kakozwe na Local Defense mu kurinda umutekano maze abasaba kuzakoresha ubunararibonye bafite bagafasha umutwe wa DASSO uzabasimbura. Yagize ati “Abagiye kubasimbura bari mu mahugurwa ejo bundi bazarangiza amasomo. Mwebwe rero mwari mubimazemo iminsi mufite ubunararibonye nibaza muzabegere mubamenyereze uko akazi k’umutekano gakorwa.”

Abahoze ari ba Local Defense nabo bijeje ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi ko gukuramo umwambaro w’akazi bakoraga bitabambura Ubunyarwanda n’inshingano zo kurinda umutekano. Ku by’ibw’ibyo ngo bakaba biteguye kugenda bagafatanya n’abandi muri gahunda za Reta.

 

Ntabanganyimana Felicien, wafashe ijambo mu izina rya bagenzi be bari ba Local Defense bagenzi be bo mu Karere ka Karongi akaba na we yasabye akomeje bagenzi be kwihesha agaciro mu buzima bagiyemo. Yagize ati “N’ubu ndabibasaba bakomeze ubunyangamugayo aho bambariye inkindi ntibazahambarire ubucocero, bakomeze ingufu bari bafite banihangira imirimo kugira ngo buri wese ajye atubwira ko ameze neza nta no kwiyandarika nk’uko bisanzwe.”

 

Umuyobozi w’akarere ka Karongi ageza ijambo ry’ishimwe ku bahoze ari local defense

Umuyobozi w’akarere ka Karongi ageza ijambo ry’ishimwe ku bahoze ari local defense

 

Ibi kandi byanatsindagiwe n’umuyobozi w’akarere ka Karongi, Kayumba Bernard, wabwiye abasoreje aha ikivi cyo kwitwa Local Defense ko leta itifuza kubumva mu ngeso mbi. Yagize ati “Turabasaba ko ejo cyangwa ejo bundi uw’urwagwa rwishe tutazajya twumva ngo ni uwahoze ari Local Defense, uwafashwe mu ngegera no mu bajura ngo ni uwahoze ari Local Defense, umujura ni uwahoze ari Local Defense.”

Bwana Kayumba yashimangiye ko n’ubwo nta muturage ukwiye kurangwaho ingeso mbi, ariko uwahoze ari muri Local Defense bo bigomba kuba umwihariko.

Abahoze ari ba Local Defense mu Karere ka Karongi 970 bashimiwe umurimo w’ubukorerabushake bakoze, bakaba basabwe kwibumbira mu makoperative nk’inzira ntakuka yo kwiteza imbere. Ayo makoperative ngo ni nayo akarere kazaheraho kabatera inkunga mu bikorwa bazasanga bibabereye kandi byabafasha kwiteza imbere mu buzima bagiyemo.

 

Itegeko risesa umutwe wa Local defense ryo ku wa 10/05/2013 riteganya ko urwo rwego rwacungaga umutekano rusheshwe guhera kuwa 07/07/2014 rukaba rutakiriho, rukazasimburwa n’urwego rwa DASSO, district administration security support organ.


Aéroport International de Bugesera: Près de 6000 ménages auront touché les frais d’expropriation avant la fin de l’année

$
0
0
Aéroport International de Bugesera: Près de 6000 ménages auront touché les frais d’expropriation avant la fin de l’année

Maquette de ce nouvel Aéroport International de Bugesera   

Les travaux d’expropriation pour le projet de construction d’un nouvel aéroport international dans le District de Bugesera vont bon train. La phase cruciale d’expropriation de plus de 6000 mille foyers a déjà commencé depuis quatre ans déjà. Tout l’exercice d’expropriation va coûter 12 milliards de francs rwandais. Ainsi’ 2.000 ménages ont déjà reçu les frais d’expropriation et sont satisfaits de cet argent qui leur permet d’acheter d’autres terrains.

Quoiqu’il y ait eu du retard dans l’exercice de payement des frais d’expropriation, avant la fin de l’année tous les ménages auront touché leur argent. « Tous les 6000 ménages concernés  auront touché leur argent avant la fin du mois d’Août, » rassure Frank Kobukeye, chargé de l’expropriation et de la réinstallation au sein du Ministère de l’administration locale.

Kobukeye fait savoir que le retard observé au niveau du processus de paiement pour certains est dû aux résidents qui ne remplissent pas encore les pièces justificatives demandées. Il dit que même la loi sur l’expropriation sera amandée pour la rendre plus flexible.

Près de 6000 ménages auront touché les frais d’expropriation avant la fin de l’année1

Cet aéroport sera spacieux pour le parking des véhicules et des avions

L’impact du projet de construction de cet aéroport se fait déjà sentir de Kigali à Bugesera

Louis Rwagaju, Maire du District de Bugesera, affirme que la valeur des terres a augmenté suite à ce projet d’un aéroport international. Rwagaju affirme que le développement des infrastructures a rendu plus accessible la région.

Situé à une cinquantaine de kilomètres de Kigali, sur une superficie de 25,6 kilomètres carrés, ce projet de construction  d’un nouvel aéroport international, permettra d’améliorer et d’atteindre les ambitions du Rwanda de devenir la plaque tournante de l’aviation régionale.

En quittant la ville de Kigali vers Bugesera, le développement se fait remarquer  tout au long de la route internationale. Les nouvelles industries  sont en train d’être construites, les hôtels, les maisons commerciales et même les maisons d’habitation.

Le centre de Gahanga à une dizaine de kilomètres de Kigali se développe vite. «  Il y a  3 ans, Gahanga était un milieu rural, les parcelles se vendaient bon marché. Mais actuellement, une parcelle de 20m carrés coute des millions… un grand stade sera bientôt construit ici, Gahanga est en train de devenir un grand centre, » affirme un habitant du lieu.

La ville de Nyamata aussi connaît un envol dans le développement surtout les infrastructures.  Les routes sont macadamisées et les grands axes sont déjà éclairés. Les bénéficiaires des frais d’expropriation sont satisfaits : « C’est une bonne nouvelle pour nous. Je suis satisfait et j’ai acheté une parcelle dans le District de Nyagatare. D’autres ont acheté des terres juste à côté de l’aéroport », a déclaré Samuel Ngirinshuti, l’un des expropriés.

Ce grand aéroport aura une capacité d’accueil de plus de 450 passagers par heure et plus de 1   million de passagers par an au cours de sa première phase. Concernant les marchandises, il aura une capacité de plus de 15,500 tonnes chaque année avec huit vols par heure pendant les heures de pointe.

En plus de ses capacités énormes, l’aéroport sera doté des activités de loisirs, des hôtels et des salles de conférence. Il est également prévu de créer une zone de libre-échange dans ses environs pour stimuler le développement économique.

I Gatsibo batanze miliyoni 16 zo gufasha abayobozi guhanahana amakuru

$
0
0

Abayobozo b’imidugudu n’ab’imirenge mu karere ka Gatsibo bahawe mudasobwa na telefoni bya miliyoni 16 ngo bizabafasha kujya bahanahana amakuru hagati yabo n’ubuyobozi bw’Akarere kandi bakazakomeza kujya bishyurirwa guhamagarana ku buntu hagati yabo.

m_I Gatsibo batanze miliyoni 16 zo gufasha abayobozi guhanahana amakuru

Abayobozi b’imidugudu bafata ifoto y’urwibutso nyuma yo guhabwa telefoni 

Abayobozi b’imidugudu 602 bahawe telephone zo mu bwoko bwa MTN Shyne, imwe ifite agaciro k’amafaranga 7300, naho abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge 14 bahabwa telephone zo mu bwoko bwa Samsung Galaxy S3 zigura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 350 na mudasobwa zigendanwa zo mu bwoko bwa Acer H5 buri yose ifite agaciro k’amafaranga ibihumbi 490. Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo buravuga ko ibi bikoresho bifite agaciro ka miliyoni 16 n’ibihumbi 154 (Frw 16,154,600) bahawe kuwa 11/07/2014 ngo bizabafasha mu guhanahana amakuru akenewe mu kazi kabo ka buri munsi.

Mu ijambo yagejeje kuri aba bayobozi, Ruboneza Ambroise uyobora akarere ka Gatsibo yababwiye ko iryo koranabuhanga mu itumanaho ari impano bagenewe na perezida w’u Rwanda ndetse ngo ikaba inaherekejwe n’ubwisungane mu kwivuza ku bantu batanu bo mu rugo rw’umukuru w’umudugudu aribo umugabo, umugore n’abana babo batatu mu gihe cy’imyaka ibiri.

Aba bayobozi b’imidugudu bashimye perezida wabo n’abayobozi b’akarere ku gikorwa cyiza bagejejweho, kandi bizeza ubuyobozi ko bazakora akazi kabo neza batanga amakuru ku gihe.

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge bahawe za mudasobwa zigendanwa na telefoni zo mu bwoko bwa smart phone nabo bishimiye ko ngo bikazabafasha gukora akazi kabo ka buri munsi neza kandi ku gihe, cyane cyane mu mitangire ya raporo n’ibindi bikorwa.

m_I Gatsibo batanze miliyoni 16 zo gufasha abayobozi guhanahana amakuru1

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’Imirenge bahabwa mudasobwa zigendanwa na Smart phone

Umuyobozi w’ingabo mu turere twa Gatsibo, Nyagatare, Kayonza na Rwamagana Col. Karemera Emmanuel nawe wari witabiriye iki gikorwa yabwiye abo bayobozi  ko u Rwanda rufite umutekano uhagije, anavuga ko ntacyo abantu bageraho badafite umutekano, abasaba gukomeza gukora cyane babumbatira umutekano.

Yagize ati “Dufite umutekano usesuye, ariko icyo tubasaba ni ugukomeza kuba maso kugira ngo n’uwashaka kuwuhungabanya afatwe ntacyo arageraho, niyo mpamvu ibikoresho muhawe ari ibyo gukoresha mutanga amakuru yose akanewe mu kazi kanyu ku gihe kandi ku buryo buboroheye.”

Aba bayobozi bahawe ibi bikoresho nyuma yiminsi mike bahawe amahugurwa arebana no guhanahana amakuru hagati yabo n’izindi nzego ifashishijwe interineti mu rwego rwo kurushaho kunoza akazi kabo.

Muhanga: Perezida Kagame arizeza Abanyarwanda iterambere ritajegajega

$
0
0

Ubwo perezida w’u Rwanda Paul Kagame yasuraga akarere ka Muhanga kuwa 17/07/2014 yashimangiye ko icyo gihugu cyizakomeza gushyira ingufu mu bikorwa by’iterambere bagamije ko imibereho myiza y’Abanyarwanda izamuka kandi iterambere rigakomeza ubutajegajega.

Perezida Kagame yagize ati « Hari imbaraga tuba dufite akenshi tudakoresha kubera ko abantu bibagiwe, abantu batabonye umwanya wo kubitekereza kandi ubushobozi buhari. Dukwiye ariko gukomeza kuba maso, tukanoza ibyo dukora buri munsi kandi iterambere dushaka tukaritegura tutarangaye. »

 Umuyobozi w’akarere ka Muhanga Yvone Mutakwasuku yatangaje ko aka karere gakungahaye ku mabuye y’agaciro ariko ugasanga acukurwa nabi, hakabaho rimwe na rimwe kwangiza ibidukikije cyangwa gukora nabi bihitana ubuzima bw’abakora mu birombe.

Yagize ati « Turacyacukura ku buryo bwa gakondo bikaduteza igihombo kuko bidutwara umwanya munini ndetse n’umusaruro umwe ukangirika tutibagiwe n’abantu bajya bagiriramo ibibazo bamwe bakahasiga ubuzima. »

m_Perezida Kagame arizeza Abanyarwanda iterambere ritajegajega

Abaturage b’akarere ka Muhanga bari bitabiriye ku bwinshi kwakira umukuru w’igihugu

 Asubiza iki kibazo, perezida w’u Rwanda yavuze ko uyu mutungo kamere utagomba kuba ikibazo ahubwo ko wakabaye ibisubizo ku Banyamuhanga n’Abanyarwanda muri rusange. Perezida Kagame yavuze ko hari imbogamizi mu iterambere zishobora kubaho mu gihe runaka ubundi bigahagarara, abantu bakabishakira ibisubizo bagatera imbere.

Urugero umukuru w’igihugu yanenze mu iterambere ry’ubucukuzi ni ubwo buryo bwo gucukura amabuye y’agaciro ku buryo bwa gakondo kandi ubu hari uburyo buriho bwa kijyambere, u Rwanda rukaba kandi rufite ibikoresho n’uburyo bwo kugera kuri ubwo buryo bwa kijyambere gusa ngo hakabura kubitekerezaho.

m_Perezida Kagame arizeza Abanyarwanda iterambere ritajegajega1

Amabuye y’agaciro ni umwe mu mutingo kamere wiganje mu karere ka Muhanga

Umukuru w’igihugu kandi yanenze uburyo ibikorwa bihera mu nyandiko kandi bikwiye kwihutishwa ngo bisange abaturage iwabo byihutishe iterambere ryabo. Aha yahereye ku gishushanyombonera cy’umujyi wa Muhanga kimaze umwaka kirangije gutunganywa ariko ugasanga kidasohoka ngo gishyirwe mu bikorwa kubera ko ngo cyitarashyirwaho umukono.

Umukuru w’igihugu yavuze ko ikibazo kinini kitari ku baturage ahubwo ngo cyri ku bayobozi biyicarira ntibatekereze ngo bageze kure. Yagize ati «Ntabwo numva uburyo ibikorwa nka biriya bigaragara byagombye gutinda kandi dufite ubushobozi. » yashimangiye ko inzego nkuru zigiye gushyiramo imbaraga ibigenda biguru ntege bikihuta, abaturage bagahabwa ibikwiye ngo babashe gukora byinshi bishoboka bibateza imbere.

Ibi kikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kandi ngo bizagendana n’iby’ubuhinzi bugezweho, hongerwa ubuso buhingwaho no gukoresha neza amazi ku buryo bwo kuhira imyaka kandi ngo ubwo buryo burahari.

m_Perezida Kagame arizeza Abanyarwanda iterambere ritajegajega2

Perezida Kagame yitegereza bimwe mu bikorerwa mu karere ka Muhanga

Perezida Kagame yanenze kandi abayobozi bicarana ibibazo bakabikemura ari uko asuye ahantu runaka, akaba yasabye abayobozi bose kujya bacyemurira ibibazo by’abaturage ku gihe, kuko ngo ari yo nzira nziza y’imiyoborere myiza.

Perezida Paul Kagame yemereye Abanyamuhanga ko ikibazo cy’umuhanda unyura muri Ndiza uhuza imirenge itandukanye na wo ugiye kubakwa neza, naho ivuriro ryasezeranyijwe Abanyakiyumba naryo ngo hakaba hagiye kwihutishwa imirimo yo kurivagezaho.

 

Genocide widows and wives to perpetrators share a remarkable story of reconciliation

$
0
0
The First Lady Mrs. Jeannette Kagame with genocide widows at a recent event

The First Lady Mrs. Jeannette Kagame with genocide widows at a recent event

KIGALI-Rwanda—A few years ago, deep in the villages of Butare, a famous town in Southern Rwanda, there happened to heated tension between genocide widows and wives of genocide perpetrators.

Every time the wives of genocide perpetrators packed food and other items to go visit their husbands in prison at the time for their role in the genocide, the women would be stopped on the way, cursed, stones thrown at them. They were constantly verbally harassed by genocide widows; mocking them for their husband’s heinous crimes.

The wives of the genocide perpetrators would also turn around and ridicule the genocide widows; that they were lonely, worthless and wished they had been killed.

Neighbors watched in disbelief as the women tore each apart.

Most of them are Catholic Christians. On Sundays, they would meet at church. Every one of them looked humble, friendly and loving, but the moment they walked out of the church, they would look at each other with hostility. They would spit on ground in utter disgust as they murmur abusive words.  This tension was certainly colossal.

One Sunday, after the mass, a catholic nun who had heard and also witnessed the tension between the women, approached them and invited them for conversation.

They agreed. She planned the meeting and they finally met. She did not say much. She simply preached to them about love, forgiveness, unity and reconciliation.  Her seeds bore healthy fruits.

Women form association

Weeks later, they formed an association and named itUbutwariBwokubaho, loosely translated as ‘Heroic Will to Live”.

The purpose of the association would be to bring them together and closer and make them become good neighbors, chat about their past, speak about forgiveness, unity and discuss projects that would development them. It worked.

Years later, not only had they genuinely reconciled, but became examples of inspiration, beacon of hope and reconciliation forfellow women in the villages envied their projects.

They are breeding animals for commercial purpose, such as piggery, poultry. They grow cash crops and helpeach other solve daily challenges they faced.

They talk about love, unity and reconciliation.  They don’t mock each other anymore; instead, they advise and support each other to move on after the 1994 tragedy that befell their country, twenty years ago.Eventually, other women applied to join the association.

Today, the association has close to 2000 members. Although their story is compelling, this extraordinary experience is shared across the country.

More associations emerge

PelagieUmurerwa, 40, lives in Kabeza, a suburban of Kigali City, Rwanda’s capital.  She is the only survivor of her family. But even her survival isn’t a story many can endure listening to.

She watched militias slaughter her parents and then her sisters and brothers. She was also attacked and brutally raped several times and infected with HIV. She lost consciousness and militias decided to slice in order to finish her. They did and left, she but narrowly survived.

She does not know the man who raped her, but has heard he is in prison serving a life sentence for his role in the genocide.

Today, Umurerwa together with other genocide victims, are running a successful association of more than 500 members, which they formed fourteen years ago. They named it Tubahumulize, meaning “Let’s comfort them.” Members of the association include wives of genocide perpetrators.

“At first, it was not easy to work with wives of those who killed my husband and relatives,” Umurerwa narrates. “But we are not killers, and these fellow women [wives to perpetrators] are not killers either.” “There is nothing we can do but to work with them,” Umurerwa adds.

Members are preoccupied with several projects such as basket weaving, toiling, culinary, and farming and other small size commercial activities like selling merchandise. They all share ideas and skills with each other.

The association receives support from NGOs and government programs that support such or similar reconciliationinitiatives. Members then apply for loans from the funds the association receives.

From reconciliation business thrives

MatrideIlibagiza is a member. In 2011, after acquiring skills in tailoring, she and received Rwf150, 000 (about 250USD). She added her savings and invested in a small poultry farm.

From 10 chicks, in less than 12 months, she is now selling eggs and chicken. She earns more than Rwf100, 000 (150USD) every month. “Life is promising,” she says. “I am now able to pay school fees for my two sons.”

Jeanne Mwiliriza is the founder of the association. She is a mother of three and knows the killers of her family.“I know some of them,” she says.

“I know some of these women are widows too [lost their husbands on the battled field], but I am not a killer and I will never revenge, it is never a solution,” she says.

The Executive Secretary of the National Unity and Reconciliation Commission (NURC), Dr. Jean Baptiste Habyarimana is aware of these initiatives.

“All these associations are our primary partners. We work closely with them,” he says. The commissiondoes advocacy for them and facilitates them to acquire funds to run these associations.

Another support is providing them with hands-on-skills that help them set business projects.

One of the mandates of the commission is to unite and reconcile both survivors and perpetrators. According to Dr. Habyarimana, the stories of these women in associations are inspiring.  He notes that, “We actually their example to mobilise the community about reconciliation.”

For Umurerwa, the woman in Kigali city who had to forgive despite the pain she endured: “Genocide destroyed everything.”

“But we have to pick up pieces and move forward,” she sums up.

 Source: KT PRESS (www.ktpress.rw)

Michelle Obama commends Rwanda on women promotion 

$
0
0
Michelle Obama commends Rwanda on women promotion

Michelle Obama addressing and acknowledging Rwanda as an evolved country  because of how they treat their women

The United States of America First Lady, Michelle Obama yesterday spoke highly of the government of Rwanda about its efforts in supporting women.

Michelle Obama who was speaking at the Young African Leaders (YALI) 2014 Summit in Washington also said Rwanda has greatly evolved particularly on gender equality.

Rwanda has recorded high in female African Leaders compared to other countries in which their position in leadership count at 30% whereas it is above 50% in Rwanda

On her official twitter page, ‘FLOTUS’ Michelle Obama recognized the number of women in the parliament of Rwanda and credited Rwandan men as saying: “any man who uses his strength to oppress a woman is a coward”

Responding to the US First Lady speech and on her twitter page, most followers were in support of her statement on Rwanda. One of the comments said: “Apparently Rwanda is the safest, cleanest, most civilized country in Africa….”

Even the US congress is behind Rwanda in promoting  women position in leadership “In Rwanda, women in Parliament are more than 50%, more than double the percentage of women in the US Congress” remarked Michelle Obama

Rwanda’s First Lady Jeannette Kagame helped found the Rwanda Women Leaders Network in December 2011and has always been at the forefront in campaign for women rights in the country and Africa at large

The independence newspaper published findings from a study done in collaboration with several charities in 2012, showing that Rwanda is the second best place for women to succeed.

 “Rwanda is the only nation in which females make up the majority of parliamentarians. Women hold 45 out of 80 seats,” stated the findings.

According to the said research, “The UK is 45th, behind Pakistan and United Arab Emirates. Other countries, such as Saudi Arabia, Yemen, Qatar, Oman and Belize, had no women in parliament by the time the statement was published.”

Rwanda’s constitution stipulates that women must hold at least 30 percent of leadership position in all instances of government. In addition, women politicians have formed many other organs through which they campaign for women rights.

Rwanda Women Network, is more of a national platform for women, with representation down to sector level, a network that involves almost all women both in Rural and urban areas.

President Paul Kagame has received several global awards for his role in women emancipation. In his cabinet, there are more women than many other regional neighbors.

85 percent of countries have improved conditions for women over the past six to seven years, according to the World Economic Forum, but in economic and political terms there is still a long way to go; a reason why Rwanda emerges top among the rest. The country has touched all sectors and women are ahead.

In the last parliamentary elections (2013), Rwandan women had overwhelming majority in the national Assembly; with 51 out 80 seats in the Chamber of Deputies (64 percent) occupied by women.

Rwanda already led the world with the highest number of women in Parliament at 56 percent in the parliamentary term (2008-2013). With an increase of 8 percent, Rwanda is at the peak of the World Political record and the highest level of gender equality and democracy.

Ebola: Rwanda deploys hundreds of medics, sets special clinic

$
0
0

img

Rwanda has deployed medics and installed a temporary clinic at Kigali International Airport following red alerts of an eminent spread of the Ebola virus that is taking toll on West Africa.

“We are ready with so many things”, said Health Minister, Dr. Agnes Binagwaho.

Over 270 medics and a temporally clinic have been put on stand-by at the airport, just in case. Passenger screening has also began at Kigali International Airport.

Rwanda’s national carrier, Rwandair, has weekly flights to a number of West African countries, including Nigeria, which has issued a “red alert”.

Nathan Mugume of Rwanda health communication center, says the country “is prepared in terms of logistics, healthcare and public awareness.”

“We are giving manuals on Ebola virus to people on board, including air-hostesses”, Mugume said. Passengers from West Africa are monitored while in the country.

Until press time, Rwanda was Ebola-free.

Liberia’s President, Ellen Johnson Sirleaf has announced that her country is facing a “public health disaster”. By press time, 672 people had been confirmed dead allover West Africa, according to World Health Organization (WHO).

Experts are say 90% of those infected with Ebola virus die, but patients can survive if they receive early treatment.

The virus spreads via contact with an infected person’s bodily fluids. Symptoms range from high fever, bleeding, to damage to the central nervous system.

Fruit bats, a popular dish across West Africa, are believed to be a “natural host” of the virus.

The European Commission has pledged €2 million in emergency response amidst growing fears the virus may spread to other parts of the world.

Reports say the funds will facilitate WHO, the International Federation of the Red Cross and Red Crescent, and to Doctors Without Borders – or Médecins Sans Frontières.

By Didier Bikorimana

KT Press

Bugeshi: abaturage barasabwa gukora batanga amakuru ku byahungabanya umutekano

$
0
0
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bugeshi  aganira n’abaturage ba Buringo

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bugeshi aganira n’abaturage ba Buringo

Ubaturage bo mu murenge wa Bugeshi akarere ka Rubavu bavuga ko nubwo begereye umupaka wa Kongo, aho ingabo z’iki gihugu zibangiriza imyaka, hakaba n’abarwanyi ba FDLR bahora bashaka kwinjira mu Rwanda kubahungabanyiriza umutekano bitabaca intege kuko bizeye umutekano w’ingabo z’igihugu cy’urwanda.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bugeshi Mvano Etienne aganira n’abaturage bo mu kagari ka Buringo kegereye ishyamba ry’ibirunga, yongeye gusaba abaturage gukora bagamije kwiteza imbere, naho iby’umutekano bakawuharira ingabo ariko bakazirikana gutangira amakuru ku gihe kubashaka kuwangiza.

Abaturage babisabwe nyuma y’aho Taliki ya 29/6/2014 abasore batatu bo mu karere ka Nyabihu batawe muri yombi bashaka kujya muri Kongo mu bikorwa byo kwifatanya n’abashaka guhungabanya umutekano,  mu kwezi kwa Nyakanga kandi hari abarwanyi 5 ba FDLR binjiye mu Rwanda bagera Mahoko bayobowe n’umurwanyi ufite ipeti rya Sous-Lietenant, Ajida, Sergent na Premier Solda 2 ariko amakuru akaza gutangwa basubiye muri Kongo.

Abaturage bo mu murenge wa Bugeshi bavuga ko bangirizwa n’ingabo za Kongo

Abaturage bo mu murenge wa Bugeshi bavuga ko bangirizwa n’ingabo za Kongo

Nyuma yo kurasana hagati y’ingabo z’u Rwanda n’ingabo za Kongo ku gasozi ka Kanyesheja2 gaherereye mu murenge wa Busasamana taliki ya 11/6/2014, abaturage bahatuye bavuga ko bafite umutekano kuko nta basirikare ba Kongo bakiza gushimuta amatungo yabo no kubashyiraho iterabwoba, gusa abo mu murenge wa Bugeshi bavuga ko babangamirwa n’ingabo za Kongo zibangiriza imyaka.

Mu kwezi kwa Nyakanga ingabo za Kongo ziri ku mupaka zinjiye mu Rwanda zitema ibiti 48 by’abanyarwanda, nyuma nabwo bakongera bagahengera abarinzi b’imyaka badahari bagaca ibigori mu mirima ibiri iri ku mupaka mu kagari ka Hehu, abaturage bakavuga ko ubuyobozi bwa Kibumba bwagaragarijwe aya makosa ariko ntihagira igikorwa.

Ubuyobozi bw’umurenge wa Bugeshi buvuga ko nubwo ibi bikorwa biba, ngo abaturage ntibagomba gucika intege, basabwa gukora biteza imbere birinda ibibarangaza, naho kubashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda bagatangira amakuru ku gihe kugira ngo bamwe bashaka guhungabanya umutekano bahagarikwe.


Kwiyahura n’imirire mibi ku isonga mu bibangamiye umutekano Iburengerazuba

$
0
0

 Iburengerazuba

Abayobozi b’Intara y’iburengerazuba baravuga ko umutekano w’abatuye iyo ntara ubangamiwe cyane cyane n’ibikorwa bimaze gutera abanyu 12 kwiyahura ndetse n’imirire mibi ihangayikishije abatuye Nyamasheke na Karongi.

Ibi byagaragarijwe mu nama y’umutekano yahuje abayobozi muri iyo ntara kuwa 30/07/2014 mu karere ka Rusizi bakavuga ko imfu z’abiyahura n’imirire mibi ndetse n’abanyeshuri baterwa inda n’abarezi babo ari byo biza ku isonga mu bibangamira umutekano muri iyo ntara.

Uko guverineri w’intara y’Iburengerazuba Mukandasira Caritas abivuga, ngo muri rusange umutekano wari wifashe neza mu ntara y’Iburengerazuba muri rusange, ariko ngo kuba abaturage 56 bamaze kubura ubuzima muri iyo ntara kuva umwaka wa 2014 watangira, harimo 12 biyahuye biteye inkeke. Umuyobozi w’intara y’Iburengerazuba yavuze ko izo mpfu ziterwa n’amakimbirane mu miryango atuma bamwe mu babana mu rugo biyahura.

 

Ikindi kibazo abo muri iyi ntara bavuze ko kibangamiye umutekano w’abayituye ngo ni imirire mibi cyane cyane mu turere twa karongi na Nyamasheke. Iyi nama ngo yemeje ingamba z’uko abayobozi bagiye gukomeza kwegera abaturage babigisha uko bakoresha ibyo bafite mu kubona indyo yuzuye, dore ko ngo iyo mirire mibi idaterwa no kubura kw’ibiribwa cyangwa ubukene, ahubwo iterwa n’imyumvire ikiri hasi aho abaturage bumva ko ibyo bejeje byose babigurisha ntibasigaze ibyo bazafungura iwabo.

Iyi nama y’umutekano yishimiye ko abaturage bo mu ntara y’Iburasirazuba bameze neza kandi batekannye muri rusange n’ubwo hari ahakiboneka utubazo duto duto. Muri iyi nama banagaye abarimu n’abarezi bamwe bitwara nabi barimo n’abavugwa ko bateye inda abana bigisha mu turere twa Rusizi na Rutsiro. Aba ngo bagomba guhita bahagarikwa ku mirimo yo kurera kandi bagakurikiranywa n’inzego z’ubutabera.

Ubwo yasozaga iyi nama, guverineri w’intara y’Iburengerazuba yasabye abayobozi n’abaturage gukomeza kubungabunga umutekano wabo n’uw’igihugu muri risange bakaza amarondo kandi kubw’umwihariko abayobozi bakegera abaturage babafasha kugira ngo ibibangamiye abaturage byose bijye bicyemurwa mu maguru mashya.

 

Nyamasheke: Abaturanye n’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura baheze mu gihirahiro

$
0
0

Nyamasheke

Abaturanyi n’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura mu karere ka Nyamasheke baravuga ko bamaze igihe bategereje imyanzuro ku kibazo bafitanye n’uwo muturanyi wabo baatumvikana ku mirima yabo uruganda ruvuga ko ari iyarwo nk’uko bigaragazwa n’ikarita yerekana imbago z’urwo ruganda ariko n’abaturage bakaba bafite ibyemezo by’ubutaka byemeza ko ubwo butaka ari ubwabo.

Iki kibazo cyagaragajwe n’abayobozi b’urwo ruganda rw’icyayi rwa Gisakura, bavuga ko abaturage baturanye bafashe ubutaka buri mu nkengero z’uruganda barabwiyitira mu gihe ku gishushanyo cyakozwe cyerekana ubuso n’imbibi by’uruganda kigaragaza ko aho abo baturage batuye ari mu mirima y’uruganda.

Abo baturage ariko nabo ntibakozwa iby’uko iyo mirima yabo ari n’iy’uruganda kuko bafite ibyemezo by’ubutaka byemeza ko ubwo butaka ari ubwabo, kuba hari ikarita y’uruganda bakavuga ko ari amakosa yakozwe n’abashinzwe kwandika ubutaka bigatuma ubwo butaka babubarira ku ruganda ndetse bakanabwandika ku baturage.

Kuva icyo kibazo cyagaragara hagiye haba inama nyinshi ngo kibonerwa igisubizo ariko kugeza n’ubu ntabwo harafatwa umwanzuro uhamye.

Igisubizo cyizava ku bushake bwa RDB

Umwe mu baturanyi b’urwo ruganda utashatse kuvuga amazina ye yavuze ko ngo hakozwe inama ihuriweho n’impande zose bakababwira ko igisubizo kizatangwa n’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere RDB, Rwanda Development Board kandi ngo bumva bivugwa ko bamaze no kubarirwa ingurane bashobora kuzahabwa.

Umwe mu bayobozi utashatse kuvugwa mu itangazamakuru yavuze ko icyo kibazo cyamaze kugezwa mu bayobozi bo hejuru muri RDB, ngo bakaba aribo bazafata umwanzuro niba abaturage bazahabwa amafaranga babariwe cyangwa se bazava mu nkengero z’uruganda ntacyo bahawe kandi ngo nta gihe kizwi bazaboneraho igisubizo.

Yagize ati “Nta gihe kizwi RDB izatangira imyanzuro. Igishya kugeza ubu ni uko abaturage bamaze kubarirwa bikoherezwa abayobozi muri RDB. Nibo bazaca urubanza niba abaturage bazimurwa mu nkengero z’uruganda bagahabwa ingurane cyangwa se ntibazihabwe.”

Icyi kibazo cyatangiye mu kwezi kwa Mata 2014 ubwo uruganda rwaregaga abaturage kurengera imbibi zarwo nyuma bakitabaza ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke ngo babafashe kumvikanisha n’abaturage no gucyemura ikibazo mu buryo burambye.

Iki gihe ubwo butaka batumvikanaho burakoreshwa n’abaturage mu gihe ibisubizo cya burundu cya RDB cyitaramenyekana. Ubu butaka bwahawe uruganda bwakaswe mu gihe ibigo bya leta byegurirwaga abikorera mu byiswe privatization.

Why Kagame’s miracle has been possible for Rwanda

$
0
0

Why Kagame's miracle has been possible for Rwanda

In 2005, a local businessman was contracted to build a road in Muhanga district, Southern Rwanda.

The contractor would employ hundreds of villagers.

The contractor had one thing in mind; completing the project with in the shortest period possible. The laborers were put on grueling pressure for the next six months straight.

The elderly almost collapsed.  It was an excruciating experience, but they persevered and completed the project.

Until the end of the project, however, no laborer had received a penny. They were held on endless promises until the contractor vanished.

All workers stormed district authorities demanding the businessman be summoned and forced to pay. It didn’t happen.

They remained filled with bitterness for nine years until one recent day. It is July 17, 2014 and Rwanda’s Paul Kagame is on his usual ‘citizen retreat’ program.

Augustine Musabyeyezu, 40, one of the victims of the scam, sighs relief as Kagame’s convoy arrives.

Thousands of villagers, including Musabyeyezu, excitedly wave Rwandan flags to welcome the President.

The opportune moment

There is no better day than this; they whisper, as the muscularly stronger squeeze their way through a crowd seeking to get a closer and strategic position.

The President greets the crowd and proceeds to take a sit, giving them the opportunity to speak to him directly.

Musabyeyezu seizes the moment.

He thrusts himself through the crowd and takes the floor. He is given the microphone. “Your excellence,” he says with agitation and a vividly angry voice.

“I was employed by a private contractor named Valence Musabyimana to construct a bridge. The contractor disappeared before paying us.”

Kagame frowns, looks left and then right, figuring out who to hold accountable.

Musabyeyezu notices that the President is not listening. He takes a break, and waits for his attention.

“Did you raise this to the local authorities?” the President asks. “Yes, Mr. President,” Musabyeyezu responds. “The district has done nothing about it Mr. President,” Musabyeyezu bursts into a surrendering mode.

The President then asks the Mayor of Muhanga district to explain.

The mayor fumbles – giving a vague explanation. The crowd murmurs in disapproval.

The President orders the mayor to resolve the matter as soon as possible or face serious consequences. The crowd instantly goes wild with applause.

It’s a routine

This incident is similar to a dozen others the President’s office has organized in different parts of the country. They are regular, often dramatic and televised live.

People on the streets are seen with head phones in their ears following the event aired on local radio stations. The elites in offices follow a live stream online. Live tweets fly all over the place. It’s a state in motion.

Kagame’s opening remark is usually predictable. “I am here to be reminded of some of the promises I made.”

Normally, he delivers crashing speeches; pragmatic, philosophical, and most often intertwined with idioms, proverbs and inferences.

“I love the way he speaks, he speaks with wisdom,” says Jean Mukambaraga, a local resident of Muhanga district.

As the President speaks, villagers listen attentively, very often bursting into applause in agreement.

After his speeches, villagers line up to lament about poor public service while others go as far as raising marital wrangles, causing laughter.

The President will apologise for broken promises, but frequently puts local leaders, including his ministers on spot to explain.

It’s a public court, so to speak, as citizens get the opportunity to grill local leaders and demand for accountability before the President.

Breeding a unique leadership style

For many, Kagame’s leadership style is not that of a typical African President.

The kind of President many in other places are accustomed to, is that who drives through the bumpy crooked roads in the countryside only a time of presidential campaigns or perhaps during unavoidable circumstances like a natural catastrophe.

Monsignor Smaragde Mbonyintege, head of the Catholic Church in Rwanda, believes Kagame’s style is a means of ensuring devolution and accountability.

It allows him “to know the best performing leaders, and the different ways they address problems,” Monsignor Mbonyintege says.

Kagame initiated this outreach program shortly after he was elected for his first term in 2003.

Professor Nshuti Manasseh has served in Kagame’s government in various capacities; as a minister and an advisor.

He says the outreach program “was designed to give the President evidence on service delivery from leaders.” “The essence of the outreach is accountability.”

Kagame’s crew is always complete. He travels with his advisors, ministers, all top security chiefs, and heads of institutions.

“You do not want to be absent when people are raising concerns on projects that concern your ministry,” one of the ministers says.

The grilling is real

On June 6, 2014, the President visited Nyabihu district, Northern Rwanda.

Farmers told the President they desperately waited too long for a milk plant he had promised to install in the area during a prior visit in 2011.

The President asked Dr. Agnes Kalibata, the Minister of Agriculture and Animal Resources to explain. She did not impress him.

He made a promise the plant would be installed as a matter of priority. The following month, the minister lost her job.

“Accountability is the heartbeat of delivery,” says Prof Manasseh. “That’s how the president evaluates services accorded to citizens.”

During his visit to Muhanga, the President said that “sometimes we miss our objectives because some people fail to think critically, creatively and work with urgency.”

For example, he said, “we have minerals that are not exploited here, yet minerals should provide solutions to our problems instead of posing them.”

He was frustrated Muhanga district has failed to develop the mining industry. Despite having huge deposits of minerals, the President leant that mining contributes only 1.2% to Mihanga’s economy.

Edwin Mukiza is a local social critic. He says the President’s visits give him a true image of his leadership. “He escapes the flavored opinions he is fed on by his lieutenants,” says Mukiza.

Critics are angry, but ordinary Rwandans prefer Kagame style of leadership

However, others criticize this style. Veteran journalist Rama Isibo is of the view the outreach program should shame the minister or head of department only for the betterment of policy implementation.

However, he says, the approach does not ensure service delivery per say. “The ministers are put on an air of ‘Don’t Mess With Me’,” he says. “They are deeply scared and insecure.”

But Dr. Venuste Karambizi, a lecturer of political science at the Kigali Independent University, has a different view. For him, it is important that the President gives such re-assuring speeches and hold the leaders accountable before the citizens.

“Rwanda is a country undergoing political transformation, from the 1994 politics that caused hatred and a genocide,” says. “His approach is highly needed in a developing country like Rwanda.”

Committing to a course

Every mayor signs an annual performance contract with the president, promising to achieve certain set goals.

The President regularly visits the district to verify whether the mayors fulfilled their promises. It’s the grilling period. Locals become witnesses. They grieve about unfulfilled promises and poor services, and candidly sing praise to achievements.

But, there is a twist to the outreach. It is not all about leaders. Sometimes the President puts the locals to task as well, demanding cooperation from citizens too. “We all have a role to play so that we achieve more,” he said during his visit to Nyabihu district.

His demand is usually specific; mostly about security and hard work. “We cannot maintain our development without security,” he frequently says.

Even when Rwanda is completely secure, the western and northern regions are bordering conflict-prone Democratic Republic of Congo (DR Congo), where DRC troops regularly battled rebels. When fighting erupts across, security agencies in Rwanda are on high alert.

“We cannot allow anyone to compromise our security and our development. It starts with each of you playing your role,” the President said in Nyabihu.

The twist is what makes Kagame’s leadership style attracts diverse views.

Back to Muhanga district, before the President bids farewell, and as thunderous drums of excited villagers produce a spectacular rhyme, at least what matters the most is that one broken soul had been healed.

Musabyeyezu has been re-assured of his lost hope. A decision has been made that the district ensures laborers get paid, come what may.

“I am so happy,” is all Musabyeyezu can say.

By Lilian Gahima and Magnus Mazimpaka

Source : KT PRESS

Premier lays out three year gov’t development plan

$
0
0

m_Premier lays out three year gov’t development plan

The Rwandan government has set out yet another ambitious development plan that is set to be achieved within a period of three years, ahead of the expiration of President Paul Kagame’s second term in office as president.

Recently, the President made an overhauling cabinet reshuffle which saw many ministers dropped from government.

The Newly appointed Premier Anastase Murekezi, while presenting the country’s development program to both houses of parliament, on Monday said that the country’s leadership is determined to meet its development goals and improve the lives of Rwandans.

On governance, the premier said that priority will be put on promoting unity and reconciliation among Rwandans, nationalism, transparent leadership and the emphasis on Rwandan dignity and self-reliance.

Key targets

Government targets 80 percent of Rwandans to have access to banking services and access to loans will be increased from 15.6 percent to 20.2 percent, with a government pushing for easy access to loans for citizens to implement income generating projects (in agriculture and livestock) that will contribute to the GDP and poverty reduction.

Settling citizens in village settlements will see a rise from the current 51, 6 percent to 70 percent and a 30 percent target for urban settlement by 2017.  On this the premier said that the government will focus on proper and planned settlement plans with a focus on affordable housing structures that accommodate more citizens.

On justice, the Government will focus on transparency and accountability in the management of public funds, but embezzled funds will have to be strictly followed up with culprits brought to justice and public funds recovered subsequently.

The government also plans on giving capacity to local justice systems like Houses of Justice (MAJ) to reduce cases and conflicts by 20 percent.

In the same area, the Premier said that focus on eliminating gender based violence, and finalizing all genocide cases in and out of Rwanda- especially having all suspects at large brought to book and all ICTR cases tried on time, or extradited to Rwanda for trial.

Key social welfare focal points will be in increase health access and 100 percent hygiene practices countrywide, and in a bid to provide electricity for all citizens, the supply will increase from 119 MW to 563MW & access to clean water will be 100 percent from 45 percent today.

Interconnection lines will be built & access to electricity will rise from 21percent up to 70percent.

In agriculture,  the Premier said that the there is need to increase post-harvest action and working with agricultural cooperatives at a target of 30 percent, but also access to agricultural products through the established East African stock exchange and access to agricultural loans from 4percent to 18percent.

Key infrastructure projects, among many that will propel development included constructing and rehabilitation major road networks countrywide, providing full infrastructure capacity at the Kigali Special Economic zone (KSEZ), developing an industrial master plan and reinforcing stock markets.

Others include speeding up the northern corridor projects especially the regional rail line, ICT cross border connectivity, Comesa airspace management center, research on the petroleum products in the country and capacity building for major factories-(such as Nyamaseke tea factory, Kinazi maize flour, Cimerwa) and building a meat processing plant.

Teachers will also have something to anticipate as government says that 95 percent of the teachers will be provided with capacity and skills plus facilitation through the incentives program in education sector.

The Premier said that the promotion of inclusive, special needs education programs will be paramount as the country also pushes for research based practices in education, agriculture and environmental protection.

Murekezi said that use of ICT will be a major target with more laptops per child, upgraded laboratories, and a use of 50 percent e-learning programs in both secondary schools and universities.

This will also see the implementation of the national data center, and the techno-pole command center and development of soft and hardware industry.

In order to achieve all these goals, the premier called for a collective and collaborative effort from all organizations and partners in development but emphasized that rooting these goals from the family tree, will be the essential step in attaining all the targets.

He said that the family and Rwandan cultural values should be the basis of development and the progress of these targets will be consistently evaluated every year to assess the impact on the Rwandan community.

In this ambitious plan, the government also has its eyes on improving investment climate to come among the top three African countries in doing business and among the 30 top global players in attracting business initiatives and increase the Foreign Direct Investment (FDI) from 2 percent to 4.5percent in three years.

The premier said that each major town and districts in the country must have a development master plan and also develop a tourism master plan with focus on historical and cultural tourism attractions and improved environmental protection for parks and other tourist attractions.

Gatsibo: Hashojwe itorero ry’abatoza b’intore mu karere

$
0
0
m_Abatoza b’intore mu karere ka Gatsibo ubwo basozaga itorero

Abatoza b’intore mu karere ka Gatsibo ubwo basozaga itorero

tariki 31/7/2014 mu karere ka Gatsibo hashojwe Itorero ry’abatoza b’Intore, rikaba ryari rimaze iminsi itatu muri gahunda yo kubaka urwego rw’abatoza b’intore ku rwego rw’Imirenge aribyo  byiswe Sector Ubutore Development Center (SUDC).

Iri torero rigamije gutoza abatoza bazatoza abandi batoza ku rwego rw’amashuri, ku mudugudu no mu nzego z’imirimo. Rigamije kandi kugira abatoza bazatoza intore z’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye, aho bazatorezwa ku masite atandukanye ku mirenge batuyemo.

Muri iri torero intore zizatozwa indangagaciro zirindwi z’ibanze arizo; Ubunyarwanda, Ubutwari, Ubwitange, Gukunda Igihugu, Ubunyangamugayo, Kwihesha agaciro, Gukunda umurimo no kuwunoza. Intore zizahabwa kandi ibindi biganiro birebana na gahunda z’icyerekezo 2020 hamwe n’imikorere y’Itorero ry’Igihugu.

Izi nyigisho zizafasha abatojwe kwimakaza umuco w’ubutore, barangwa kandi bimakaza indangagaciro na kirazira z’umuco nyarwanda aho bari hose.

Atanga ikiganiro kuri gahunda y’icyerekezo 2020, Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere Habarurema Isaie, yagarutse ku nkingi esheshatu z’icyerekezo 2020 Igihugu cy’u Rwanda cyihaye kugeraho.

Yagize ati:” Nitwe ubwacu dukwiye kwishakamo ibisubizo by’ibibazo duhura nabyo, kugira ngo imihigo twahize y’icyerekezo 2020, hazagere twamaze kuyihigura, niyo mpamvu hakenewe uruhare rwa buri wese kugira ngo bigerweho”.

Iri torero ryitabiriwe na ba perezida b’abatoza b’intore, abatahira n’abarinzi b’indangagaciro ku bigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye 106, Ingabo na polisi, abakozi bashinzwe uburezi ku mirenge n’abatoza b’intore ku rwego rw’Akarere, bose hamwe bakaba ari 360.

Gakenke: Hari gukorwa ubushakashatsi bwimbitse ku ruhare imihigo igira mu iterambere ry’abaturage

$
0
0

Mu rwego rwo gukora ubushakashatsi bwimbitse ku ruhare imihigo igira mu iterambere ry’abaturage, kuva tariki 01 Kanama 2014 kugeza ku ya 03Kanama 2014 itsinda ry’abakozi b’ikigo Institute of Policy Analysis and Research (IPAR) bari muri icyo gikorwa mu karere ka Gakenke.

Gakenke Hari gukorwa ubushakashatsi bwimbitse ku ruhare imihigo igira mu iterambere ry’abaturage

Iri tsida riyobowe na Roger Mugisha hamwe na bagenzi be 11 bakiriwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Gakenke buhagarariwe n’umuyobozi wako Deogratias Nzamwita wabahaye ikaze akanabacira kumayange bimwe mubikorwa byagezweho kuburyo bw’amashusho.

Yerekana muri make ibyagezweho, umuyobozi w’akarere Deogratias Nzamwita yasobanuye ko mu mihigo akarere kahize uko ari 15 mubijyanye n’iterambere ry’ubukungu asanga barageze kuri 97.4%, naho mu iterambere ry’imibereho myiza bageze kuri 97.3%, imiyoborere myiza mu mihigo 10 bahize bageze kuri 99.2%, naho muri rusage imihigo yose igeze ku kigero cya 98% .

Bimwe mubikorwaremezo bishyizwemo imbaraga cyane kurusha ibindi muri gakenke harimo kwegereza umuriro w’amashanyarazi abaturage, aho umwaka w’imihigo ushize bari kuri 7% ariko ngo ubu bamaze kugera kuri 13%  nkuko nabyo byasobanuwe n’umuyobozi w’akarere ka gakenke.

Kuba hasigaye hakorwa ubushakashatsi n’itsinda rigizwe n’abantu benshi ni uko usibye kuba imihigo ifite icyo igezaho ba nyirayo mubijyanye n’ibikorwa, ariko kandi ibi bikorwa bifite abo bikorerwa kuko bikorwa hari intego yo kuzana impinduka mu mibereho y’abanyarwanda nkuko bisobanurwa na Mugisha uhagarariye itsinda rya IPAR ririmo gukora ubushakashatsi muri Gakenke.

Ati “hari ibihugu byinshi biza kudusura hari ibyo baje kutwigiraho tukababwira ko ibyinshi tubigeraho biciye mu mihigo, igihe cyari kigeze ko nyuma y’imyaka irenga itanu tugaragaza ikintu hatazagira n’udutanga kugishyira hanze akacyiyitirira kandi aritwe abanyarwanda twagitangije”

Ubu bushakashatsi bugomba gukorerwa mu byiciro bitatu birimo gusuzuma inyandiko,  hakazamo Ibarura kubakozi hamwe n’icyiciro cyanyuma kirimo gusura ibikorwa ukongeraho ibiganiro mu matsinda n’abaturage bari aho igikorwa kiri.

Abakozi babajijwe bose batoranyijwe n’iryo tsinda kandi muburyo bwa tombora kandi bakabazwa muburyo bw’ibanga kugirango buri wese arusheho kwisanzura.

Bamwe mubakozi b’akarere bavuga ko uburyo burimo gukoreshwa muri iri suzumwa ry’imihigo rya 2013- 2014 ari bwiza kuko hibandwa ku uruhare rwa buri wese uko abonamo umuhigo nkuko Oswald Niyonzima umukozi w’akarere ka Gakenke ushinzwe imiyoborere myiza abyemeza.

Ati “mbere abakozi, abayobozi ndetse n’abatekinisiye bafataga dosiye berekana ibyagezweho ariko ntihaboneke umwanya wo kwumva umuntu uko abibona muri macye ntihaboneke uruhare rw’uwo mukozi mu muhigo ngo nawe agaragaze uko abyumva”

Kuri bo rero ngo bitanga isura nziza ko iri suzuma mihigo rizatanga ishusho nyirizina ry’uko imihigo imeze, nicyo imaze hamwe n’icyo igamije kugeza kubaturage.

Rusizi: Uburyo bwo gutoza intore zo kurugerero bugiye guhinduka

$
0
0

Kugirango ibikorwa by’intore zo kurugerero birusheho kugera kumubare munini w’urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye  Abashinzwe ibikorwa by’uburezi mu karere ka Rusizi bafite imyaka y’amashuri y’uwa 6 mumashuri yisumbuye  barasabwa gutangira gutoza intore zo kurugerero kubigo by’amashuri bayobora kugirango intore zigiye kurangiza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye zizave kubigo byabo bafite ubumenyi buhagije ku indangagaciro na kirazira biranga umunyarwanda nyawe no kwitegura kujya mu bikorwa by’urugerero nyuma yo gutorezwa ku ishuri

m_Rusizi  Uburyo bwo gutoza intore zo kurugerero bugiye guhinduka

Umutoni Esperence, umuhuzabikorwa  w’itorero ry’igihugu mu karere ka Rusizi yavuze ko icyatumye bahindura uburyo bwo gutangira gutoreza intore zo kurugerero kubigo bigaho ari uko umubare w’abanyeshuri bazatozwa muri uyu mwaka ari mwinshi aho wikubye hafi gatatu uwo bari basanzwe batoza, hakaba harabonetse imbogamizi z’uko kubahuriza hamwe nkuko byari bisanzwe bikorwa bitashoboka kubera ubushobozi buba budahagije, icyakora ngo bazajya bafata nk’iminsi 2 cg itatu ya nyuma yo guhuriza intore zo kurugerero hamwe nyuma yo kurangiza umwaka w’amashuri kugirango bahabwe gahunda y’ibikorwa bazajya gukora kurugerero n’imyitwarire igomba kubaranga mu urugerero

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe imibereho y’abaturage Bayihiki Basile yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri baje gutozwa ari nabo bazajya batoza abanyeshuri kwita ku masomo bazaha intore zo kurugerero kugirango hatazagira abavayo badatojejwe kuko umunyeshuri utaratojwe aba abuze byinshi kandi aribyo bigomba gushingirwaho mu kubaka umunyarwanda muzima uzira amakemwa

Abarezi bari guhabwa amasomo  kugirango bazajye gutoza intore zo kurugerero baravuga ko amasomo bari guhabwa nabo bazatangira kuyaha abanyeshuri mubigo bayobora kugirango babubakemo umunyarwanda ufite indagagaciro na kirazira biranga umunyarwanda

Ibikorwa by’intore zo kurugerero ngo byagiye bigaragaza impinduka nyinshi mu iterambere ry’akarere ka Rusizi byiganjemo ibikorwa remezo n’imibereho myiza y’abaturage.

 


Iyo witeje imbere nk’umugore, uba uteje imbere igihugu -Depite Mukayuhi

$
0
0

m_Iyo witeje imbere nk’umugore, uba uteje imbere igihugu -Depite Mukayuhi

Depite Mukayuhi Rwaka Constance, umwe mu bagize Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko ishinga Amategeko (FFRP), arasaba abagore guharanira gukora cyane biteza imbere ngo kuko ari bwo baba bafashije igihugu kugera ku iterambere nyaryo.

m_Iyo witeje imbere nk’umugore, uba uteje imbere igihugu -Depite Mukayuhi1

Ibi Depite Mukayuhi yabibwiye abagore bo mu karere ka Rwamagana, ubwo kuri uyu wa Kabiri, tariki 5/08/2014, bari mu biganiro byateguwe n’iri huriro FFRP bijyanye n’imyaka 20 u Rwanda rumaze rwibohoye, harebwa by’umwihariko uruhare abagore bafite mu iterambere kugira ngo bongere imbaraga zubaka igihugu.

m_Iyo witeje imbere nk’umugore, uba uteje imbere igihugu -Depite Mukayuhi2

Abagore bahawe ibi biganiro ni abari mu nzego z’ibanze, abikorera, abari mu miryango itari iya leta n’ishamikiye ku madini.

Muri ibi biganiro, Depite Mukayuhi yagaragarije abagore bo mu karere ka Rwamagana ko igihugu cyabahaye amahirwe n’uburenganzira bisesuye, bityo bakaba bakwiriye kubyubakiraho kugira ngo babashe gutera imbere kandi bateze imbere igihugu.

Depite Mukayuhi yasobanuye neza ko iyo umugore yiteje imbere ku giti cye, aba afashije n’umuryango we kubaho neza no gutera imbere, bityo akaba ateje imbere n’igihugu muri rusange.

Abagore bo mu karere ka Rwamagana bavuga ko basobanukiwe gukora no gukunda umurimo ku buryo bamaze kwigeza ku iterambere.

Mu batanze ubuhamya muri ibi biganiro harimo Muteteri Anatalia wo mu murenge wa Munyiginya, wavuze ko mu mwaka wa 2003 yari umuturage w’umukene utarabashaga kubona amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 10 ku giti cye.

Uyu mugore avuga ko nyuma yo gutinyuka akibumbira hamwe n’abandi bagore bagahabwa inguzanyo y’ibihumbi 10 kuri buri muntu, ngo yatangiye kuyakoresha mu mwaka wa 2003, agacuruza umusururu (ikigage/ubushera).  Nyuma yaho, yize gukorana na banki ku buryo yagendaga aguza kandi yishyura, maze yongera ibicuruzwa harimo inzoga zipfundikiye ndetse no gufungura icyokezo cya mushikake (brochettes), ku buryo ubu umutungo w’ibicuruzwa agezeho awubarira muri miliyoni 8 kandi akabasha kwihaza mu byo akenera by’ibanze.

Mme Muteteri avuga ko akoresha abakozi batanu bahoraho muri ubwo bucuruzi bwe, akabahemba buri kwezi kandi na we akigenera umushahara w’ibihumbi 200 buri kwezi.

Umuyobozi wungirije w’akarere ka Rwamagana ushinzwe imibereho myiza, Mme Muhongayire Yvonne avuga ko abagore bo mu karere ka Rwamagana bamaze gutinyuka ku buryo bageze ku bikorwa byivugira kandi bibasha guhindura ubuzima bwabo.

Aba bagore bo mu karere ka Rwamagana bashishikarizwa gukomeza icyerekezo cyo kwiyumvamo imbaraga no gukora umurimo unoze kandi bakibumbira hamwe kugira ngo bahuze imbaraga, bityo biteze imbere ubwabo, ari na byo biteza imbere igihugu kandi mu byo bakora byose bakarangwa n’indangagaciro z’umuco Nyarwanda, ngo kuko iterambere ry’umugore ntirivanaho ko ari umutima w’urugo.

 

Rulindo: bamwe mu banyarwandakazi bari muri FFRP basuye abagore b’abayobozi bo mu nzego z’ibanze.

$
0
0

 Kuri uyu wa kabiri tariki ya 5/8/2014, mu karere ka Rulindo habereye inama yahuje abagore b’abayobozi mu nzego z’ibanze na bamwe mu banyarwandakazi bagize ihuriro FFRP mu nteko ishinga amategeko.

m_Rulindo bamwe mu banyarwandakazi bari muri FFRP basuye abagore b’abayobozi bo  mu nzego z’ibanze

 Muri iyi nama yigiwemo byinshi, abagore bakaba bagaragaje aho bageze mu mihigo bihaye ubwo bahigaga mu mwaka wa 2011, banahiga indi mihigo mishya bazageraho muri uyu mwaka utaha.

Abagore b’abayobozi mu nzego z’ibanze bagaragaje ko mu mihigo igera ku icumi bari barahize ibiri gusa ari yo itarabashije gushyirwa mu bikorwa, umwe muri yo ari wo kuba bari bahize ko bagiye gushyiraho ihuriro rizajya rihuza abadepite n’izindi nzego kugira ngo abagore bamenyeremo amategeko abarengera.

Gusa ariko muri iyi nama nk’uko byemejwe n’abagize ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu nteko, bemeje ko uyu mwanzuro noneho ugiye gushyirwamo imbaraga bityo abagore bakarushaho kumenya amategeko abarengera.

Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza mu karere ka Rulindo Madamu Niwemwiza Emilienne yadutangarije ko bishimiye cyane iyi nama anasaba ko yajya ihora iba nk’uko babyiyemeje ,bityo umunyarwandakazi akarushaho gutera imbere mu bukungu mu mibereho myiza n’ibindi.

Yagize ati ”Mu by’ukuri iyi nama ni nziza yatwunguye byinshi birimo kwisuzuma aho tugeze no kongera imbaraga mu byo tutarageraho, kandi twizeye ko izajya ihora ibaho abadepite batwegere tuganire tunabagezeho ibyifuzo ni byiza.”

Ku ruhande rw’abanyarwandakazi bari muri FFRP ngo bazajya bafasha izi nzego z’ibanze babegera bityo babashe guhigura imihigo yabo neza.

Mukayijore Suzane umudepite mu nteko ishinga amategeko yagize ati”Iyi nama  ihora ibaho buri mwaka,aho tugenda twegera abanyarwandakazi bo mu biturage tukabagira inama kandi tukanungurana ibitekerezo ku byakorwa ngo umunyarwandakazo arusheho gutera imbere byihuse.”

Abagore bari mu buyobozi mu nzego z’ibanze mu karere ka Rulindo bakaba barangije inama biyemeje kurushaho kwegera bagenzi babo bahagarariye ,ngo babagezeho ibyavugiwe muri iyi nama ,banabafashe kurushaho gushyira imbaraga mu gufatanya kwiteza imbere muri gahunda zijyanye n’iterambere ry’umunyarwandakazi muri rusange.

Tags for promotion: 

 

Gatsibo: Abayobozi b’ibigo by’amashuli yisumbuye bashoje amahugurwa ku gukumira ibyaha

$
0
0
Abayobozi b’ibigo by’amashuli yisumbuye mu mahugurwa ku gukumira ibyaha

Abayobozi b’ibigo by’amashuli yisumbuye mu mahugurwa ku gukumira ibyaha

Abayobozi b’ibigo by’amashuli abanza n’ayisumbuye n’abakozi b’imirenge bashinzwe uburezi bagera kuri 360 bo mu Karere ka Gatsibo, kuwa 5 kanama 2014 bashoje amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi mu kurwanya no gukumira ibyaha.

Mu gihe cy’iminsi itatu, abari muri aya mahugurwa bigishijwe n’andi masomo arimo; indangagaciro z’igihugu, ubutwari, amateka y’u Rwanda, gukumira amakimbirane yo mungo ndetse n’uburere mboneragihugu.

Nshimiyimana Viateur, umwe mu bitabiriye aya mahugurwa akaba ari umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza cya Gorora, yavuze ko ibiganiro we na bagenzi be bamaze guhabwa ari ingirakamaro cyane ko basobanuriwe impamvu zo kugira urahare mu kwicungira umutekano binyuze mu guhanahana amakuru kugihe.

Umwe mu batanze ibiganiro, IP Canisius Rutikanga, yavuze ko aya mahugurwa azafasha kugabanya ibyaha kuko abayarimo basobanurirwa n’uruhare rwabo mu kurwanya no gukumira ibyaha.

Yagize ati:“ Turimo turabigisha kubijyanye n’indangagachiro z’igihugu aho tunabakangurira kurangwa n’ubutwari.

IP Rutikanga yakomeje avuga ko umuntu adashobora kuba intwari mugihe adafatanije n’inzego z’umutekano mu kurwanya no gukumira ibyaha. Aya mahugurwa yateguwe n’Akarere ka Gatsibo ku bufatanye na Polisi y’igihugu, ndetse n’Itorero ry’Igihugu.

 

Le « Miracle Rwandais » sur les rails durant le  deuxième mandat de Kagame

$
0
0

Le « Miracle Rwandais » sur les rails durant le  deuxième mandat de Kagame

Le « Miracle Rwandais » est une réalité dans le pays par simple coup d’œil sur le bilan très positif et les projets d’avenir durant les deux mandats du Président Paul Kagame. Lors de la première adresse au Parlement, lundi le 04/08/2014, du nouveau Premier Ministre Rwandais, Anastase Murekezi, les réalisations sont très encourageantes. Murekezi a révélé les programmes très ambitieux de son cabinet prévus les trois prochaines années (2014-2017) qui restent pour le 2e mandat du Président Paul Kagame.

Le Premier Ministre Anastase Murekezi (à gauche ) lors de sa première adresse au Parlement

Le Premier Ministre Anastase Murekezi (à gauche ) lors de sa première adresse au Parlement

Le Premier Ministre Murekezi a fait cette présentation à deux  chambres du Parlement conformément à la constitution du Rwanda dans l’article  118 « d’informer le Parlement dans un délai de 30 jours après la prestation de serment », le 24 Juillet, en remplacement du Dr Pierre-Damien Habumuremyi. Murekezi a dans son discours centré les activités de son cabinet sur quatre priorités à savoir « la bonne gouvernance, la justice, l’économie et le bien-être social ». Murekezi, a mis l’accent sur les promesses du Président Kagame se trouvant son manifeste quand il a été élu en 2010.

Quelles sont les grandes réalisations des 4 dernières années ?

Le réseau routier dans le pays est flambant neuf, les piétons ont leur place

Le réseau routier dans le pays est flambant neuf, les piétons ont leur place

Concernant l’économie, c’est un domaine clé du pays ayant des programmes comme « la promotion de l’agriculture, l’industrie, l’artisanat, du tourisme, des infrastructures, l’habitat, secteur privé, des coopératives, de l’investissement, les forêts et les ressources naturelles. »

Les résultats sont satisfaisants comme le déclare Murekezi : « De 2010 à 2013, le PIB a augmenté de 3,280 milliards de francs à 4,819 milliards francs rwandais. Le revenu par habitant est passé de 329milles francs rwandais à 448 milles francs rwandais  ».

La production agricole a connu une croissance de 4% les quatre dernières années. Et même l’utilisation des téléphones mobiles est passée de 53% à 64.5%,  de 2012 à 2014. L’on note une nette augmentation au niveau de l’utilisation de l’internet. En 2012 le nombre d’internautes était 7.9 % tandis qu’en  2012 c’était 22%. Mais tout cela est possible grâce à l’augmentation de l’accès à l’électricité qui est  de 21% actuellement. Le nombre de personnes qui utilisent les services des banques est passé de 48% à 72% de 2008 à 2012.

Autre domaine important, la bonne gouvernance, avec ses différents programmes tels que  le renforcement des institutions, la mobilisation avec Itorero et le volontariat, le développement, la sécurité, affaires étrangères, développement de la jeunesse, promotion du genre, promotion de la société civile, les médias.

« De 2008 à 2013, le nombre de femmes parlementaires est passé de 56% à 64%. Raison pour laquelle le Rwanda continue de prendre le devant au monde pour le grand nombre de femmes parlementaires », a déclaré Murekezi.

Le troisième pilier de son cabinet est « la justice » comprenant des programmes comme la lutte contre l’idéologie du génocide, la lutte contre l’injustice et la corruption, droits humains.

Selon Murekezi, le nombre de gens en dessous du seuil de la pauvrette a aussi diminué. En 2006, cette population était 57% et en 2012, 44%. En 2014, parmi ces populations, celle qui était extrêmement pauvre était 24% mais en 2012 elle était 36%.

Pour le bien-être social, il comprend la promotion des programmes tels que le travail, démographie, sécurité sociale, les sports et loisirs, l’éducation, la culture. Selon le Premier Ministre, il y a eu aussi une impressionnante amélioration. « De 2000 à 2012, l’Esperance de vie au Rwanda est passé de 49 à 64ans ».  Ainsi 84% de Rwandais âgées entre 14 et 25ans savent lire et écrire. Et 49% de la population vivent actuellement dans des villages (habitat regroupé) ayant des infrastructures de base.

Quels sont grands projets des trois prochaines années ?

Pour la gouvernance, Murekezi a affirmé que son gouvernement va renforcer la transparence, la responsabilisation ainsi que l’audit. Le processus de la décentralisation va continuer pour renforcer les capacités de la population afin de lui permettre de participer à la prise de décision  et à la gestion de leur pays.

Le programme de « Ndi Umunyarwanda » doit se poursuivre pour permettre surtout à la jeunesse d’y participer. Il y aura le renforcement de la politique du service national et le volontariat pour les jeunes. Le gouvernement va renforcer la culture de l’épargne au sein de la jeunesse  tout en aidant les jeunes chômeurs à se développer (Youth Friendly Financial Products).

Le Rwanda mettra l’accent sur la politique de l’intégration régionale. Tout cela doit se faire dans le strict respect de l’intégrité territoriale. Le quatrième pouvoir (les medias) n’a pas été oublié, le gouvernement va continuer à rendre ce secteur plus professionnel.

L’agriculture, autre secteur clé de l’économie rwandaise sera développée par les techniques d’irrigation, de fertilisation, des semences sélectionnée (de 60% à 100%), la diminution du taux d’intérêt pour les crédits agricoles (de 4% à 18%).

D’ici 3 ans, la couverture forestière doit nécessairement atteindre 30% de la superficie totale du pays et la lutte contre l’érosion sera de 100%. Comme le développement de l’agriculture va de pair avec celui de l’élevage du grand et du petit bétail, c’est dans ce cadre  que « le programme de Girinka sera renforcé ». Ainsi le nombre de vaches qui l’on donne aux pauvres sera augmenté, de 350,000 à 197,087 bovins.

La base de tout développement durable d’un pays est son industrie. Le gouvernement de Kagame a déjà mis en place la zone industrielle moderne (Special Kigali Economic zone). Selon Karekezi, « un accent sera mis sur « la finalisation des travaux de construction de cette zone pour son utilisation au maximum ». La production de l’industrie sera de 12% chaque année, ce qui fera une augmentation du PIB de 15 à 20%. Parallèlement, il y aura le renforcement du commerce régional et international ainsi que la construction d’un nouveau site moderne pour les foires internationales dans le Dictrict de Kicukiro.

Le Rwanda connaiit un essor remarquable du tourisme les 10 dernières années. Ce dernier constitue plus de 20% du budget national avec plus d’un million de visiteur l’an dernier. « Le gouvernement va mettre en place le guide touristique du Rwanda, renforcer la bonne gestion des Parks Nationaux et augmenter les grands et les petits hôtels »,a-t-il souligné.

L’Aéroport International de Kanombe en pleine réhabilitation et extension

L’Aéroport International de Kanombe en pleine réhabilitation et extension

Les infrastructures demeurent la base de tout développent. Raison pour laquelle les grands projets régionaux de construction comme celui du pipeline, du chemin de fer, du stade de 60 milles place à Gahanda, de l’Aéroport International de Bugesera  ainsi que l’extension et la réhabilitation de celui de Kanombe sont prévus ces trois prochaines années. Il y aura le bitumage du réseau routier national et international et la ville de Kigali.

On ne peut pas  parler du « Miracle Rwandais » dans son développement sans parler les éléments essentiels dans la vie comme l’eau et l’électricitéainsi que l’urbanisation. En 2017, l’accès à l’électricité va passer de 21% à 70%; et celui de l’eau potable va passer de 45%  à 100%. La mise en application du schéma directeur de la ville de Kigali se fera parallèlement avec le développement d’autres six autres villes comme Huye, Rubavu, Musanze, Nyagatare, Muhanga, Rusizi. Un nouveau stade de 60milles places sera bientôt construits à Kigali (Gahanga).

Les nouvelles technologies de la communication et de l’information restent incontournables dans le monde actuel. Ainsi 40% de la population d’ici 3ans aura accès à l’internet. D’ici 3ans, plus de 90% de la population rwandaise sera capable de lire et écrire (alphabète).

La réduction de la mortalité sera facilitée par l’utilisation de l’’assurance maladie communément appelée « Mutuelle » qui va atteindre 95%. Il y aura un Médecin pour 10,000 patients et un seul infirmier pour 1,000 patients.

Ce « Miracle Rwandais » qui s’observe chaque jour n’est pas sorcier. Le leadership rwandais qui a mis en mise en place des programmes ambitieux de développement. La réalisation qui est souvent très difficile pour d’autres pays pauvres est facilitée par les contrats de performance évalués trimestriellement par la Primature. Vers la fin de l’année, lors du Dialogue National, les résultats venant de tout le pays sont présentés au Président Kagame.

Ngororero: Uburyo bushya bwo gutoza Itorero ry’Igihugu buzegereza indangagaciro abaturage

$
0
0

Nyuma y’uko hashyizweho uburyo bushya bwo gutoza intore zo ku rugerero, abatuye akarere ka Ngororero basanga bizatuma abaturage benshi begerezwa amahirwe yo gusobanukirwa n’indangagaciro na kirazira by’abanyarwanda kurusha uko byakorwaga mbere.

Ubwo umuyobozi w’itorero ry’Igihugu mu karere ka Ngororero, Mukantabana Odette yasobanuriraga abayobozi b’ibigo by’amashuri uko gutoza intore zo ku rugerero bizajya bikorwa, bishimiye ko imirimo y’itorero yegereye abaturage mu mirenge, bityo bikaba bizorohera intore gutanga umusanzu aho zivuka no kuhaba intangarugero.

m_Ngororero Uburyo bushya bwo gutoza Itorero ry’Igihugu buzegereza indangagaciro abaturage

Ibi kandi ngo ni umwanya mwiza abandi baturage batarabona amahirwe yo guhabwa inyigisho zirebana n’intore bazaba babonye, kuko bazazegerezwa mu gihe cy’ibiganiro ndetse na nyuma yabyo. Ubu buryo kandi ngo buzongera umubare w’abatoza b’intore kuko ku rwego rw’akarere hazatozwa abatoza 145 bazatorezwa ku kigo cyatoranyirijwe kuba site y’akarere (DUDC: District Ubutore Development Center), nabo bazamanuka mu mirenge.

Ikigo cy’ishuri cya ASPADE Ngororero nicyo cyatoranyirijwe gutorezwaho abatoza b’intore. Muri rusange, intore zo ku rugerero zizajya zitorezwa mu byiciro bitandukanye ku mashuri aho biga, kuri site imwe yatoranyijwe muri buri murenge (SUDC: Sector Ubutore Development Center), ndetse bagire n’igihe cyo gutozwa bataha I wabo mu gihe cy’ibiruhuko.

Uretse ubu buryo bwo gutoza bunishimiwe n’abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye, urugerero narwo ruzakorwa mu byiciro 2, aho ikiciro cya mbere kigizwe n’ibikorwa bimara amezi 7 intore zitaha I wabo mu ngo, naho amezi 5 bakazayakorera muri kaminuza.

Bamwe mu bakuze batabonye amasomo arebana no gukunda no gukorera igihugu bavuga ko bazahungukira nkuko kabera Ferdinand wo mu murenge wa kageyo abitangaza, bityo nabo bamenye uko bagomba kwitwararika indangagaciro nyarwanda.

 

Viewing all 3624 articles
Browse latest View live


<script src="https://jsc.adskeeper.com/r/s/rssing.com.1596347.js" async> </script>