Quantcast
Channel: News Of Rwanda – Rwanda News
Viewing all 3624 articles
Browse latest View live

Umukuru w’igihugu ntiyadusirimura ngo twe tubireke- Kangwagye Justus.

$
0
0

Umukuru w’igihugu ntiyadusirimura ngo twe tubireke- Kangwagye Justus.

Umuyobozi w’akarere ka Rulindo Bwana Kangwagye Justus, ngo asanga asanga abaturage bo mu Rwanda  bari bakwiye gusirimuka nk’uko umukuru w’igihugu nyakubahwa Paul Kagame ahora  abibasaba.

Uyu muyobozi avuga ko ubusirimu butagombera kuba umuntu yarize gusa, ngo ahubwo n’umuturage utageze mu ishuri akaba yikorera umwuga we w’ubuhinzi cyangwa ubworozi, aba akwiye gusirimuka ,kandi ngo akanabitoza abana be mu rwego rwo kubigira umuco.

Kangwagye akaba ari muri urwo rwego asaba abagore bo karere ayobora ka Rulindo,gusirimuka bakagana ibigo nderabuzima mu gihe batwite bakipimisha ,ndetse bakanyura mu byuma byabugenewe bakanamenya ibitsina by’abana bitegura kubyara n’uburwayi baba bafite ,bityo bagahabwa imiti.

Aha aragira ati “ Niba Umunyakigali ajya kubyara yaramenye ati nzabyara akana k’agakobwa cyangwa agahungu ,cyangwa se ati nfite indwara iyi n’iyi  ,ibyo bintu Abanyarulindo byatunaniza iki ko tuba twatanze mituweli .Ibyo rero ntabwo bizagushobokera utageze kwa muganga. Umugore w’umunyarulindo akwiriye kujya kwizusumisha kwa muganga kuva akimenya ko yasamye, ibi akabikora nibura inshuro enye mbere yo kubyara.”

Kangwagye kandi aragira ati”Abaturage bo mu cyaro bagomba gusirimuka bakagira isuku ,bakambara imyenda ifite isuku,bakambara inkweto.Umukuru w’igihugu cyacu ahora adusirimura ubwo rero natwe tugomba kuba abasirimu,kandi tukabitoza n’abakiri bato, mbega bikaba umuco kuri buri muturage.”

Kangwagye akomeza agira ati”Umusirimu si uwize gusa n’umuturage wo mu cyaro w’umuhinzi mworozi utarageze mu ishuri agomba gusirimuka,akivuriza kwa muganga ,akambara imyenda ifuze ,akambara inkweto,mbega akagira isuku muri byose.”

Kuri ubu mu karere ka Rulindo ku  kigo nderabuzima cya  Tare giherereye mu murenge wa Bushoki ,niho honyine iyi gahunda yo kunyuza abagore mu cyuma cyabugenewe Echographie ngo hamenyekane igitsina cy’umwana umubyeyi yitegura kubyara  yatangiye .

Ariko ngo hari na gahunda y’uko ibi byuma byashyirwa henshi hashoboka mu bigo nderabuzima n’ibitaro mu karere ka Rulindo uko ubushobozi buzagenda buboneka nk’uko bitangazwa n’ushinzwe ubuzima muri aka karere Manirafasha Jean d’Amour.


Former Prosecutor General, Ngoga elected EALA MP

$
0
0
Martin Ngoga

Martin Ngoga

Former general prosecutor of Rwanda Martin Ngoga has been elected as Member of Parliament of the East African Legislative Assembly (EALA).

Ngoga, a candidate from the ruling party (RPF) replaces Sheikh Abdul Karim Harerimana who resigned last month citing personal reasons.

Ngoga obtained 83 votes out of the 89 voters. His rival, Jennifer Wibabara from RPF secretariat who obtained six votes.

Ngoga will serve a five year term renewable once according to the EAC treaty. Prior to this position, he served the country and the region in different capacities.

He started as a provincial prosecutor between 1996-1999 before being appointed special representative of Rwanda at the International Criminal Tribunal for Rwanda (ICTR) for four years-1999-2003.

He was appointed the Deputy Prosecutor General between 2003-2006 then Prosecutor General up to 2013.

His election happens a few weeks after he has concluded another assignment to chair a commission of inquiry instituted to investigate the British Broadcasting Corporation (BBC) for allegedly undermining and denying the genocide against the Tutsi through the “Rwanda Untold Story” documentary.

On February 28, 2015, the commission concluded its investigation and recommended the agreement between Rwanda and BBC to operate in Rwanda be terminated.

“I am going to join others there before me to help in a common goal for the country and the region,” he told KTPress shortly after his election.

Every country in the East African Community is entitled to nine members at EALA.

Source: KT Press

Kirehe: Abaturage Barasaba Perezida Paul Kagame ko akomeza kuyobora

$
0
0

Abarwariye mu bitaro bya Kirehe barashima umukuru w’igihugu kubera gahunda nziza z’ubuzima abagezaho, banatanga icyifuzo cy’ uko Leta ayoboye ihoraho agakomeza kuyobora igihugu.

abaturage Barasaba Perezida Paul Kagame ko akomeza kuyobora

Ibyo babivugiye mu mu muhango wo kwizihiza umunsi w’abarwayi mu Karere ka Kirehe wabaye tariki 12 Werurwe 2015, ubwo basaga nk’abatunguwe babonye intumwa ya Minisitiri w’Ubuzima ku bitanda barwariyeho abagaburira.

abaturage Barasaba Perezida Paul Kagame ko akomeza kuyobora2

Mpayimana chadrack wo mu Murenge wa Kigarama avuga ko kuba agaburiwe na Minisitiri abibona mo igitangaza ngo niyo mpamvu bagomba gushimira Perezida wa Repuburika kuko ntahandi byaba uretse mu Rwanda ruyobowe na kagame.

abaturage Barasaba Perezida Paul Kagame ko akomeza kuyobora3

Yagize ati “nari ndembye ariko ndumva norohewe, mu mateka nta handi biba kuba Minisitiri aza ku gitanda akagaburira abarwayi, iki ni igitangaza! niyo mpamvu twifuza ko Leta yacu iyobowe na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakomeza kuramba akatuyobora nkuko atuyoboye nicyo twifuza kuri uyu munsi nk’abarwayi”.

abaturage Barasaba Perezida Paul Kagame ko akomeza kuyobora4

Evariste Hategekimana avuga ko bibaye igitangaza mu bitaro bya Kirehe ati “kuri uyu munsi turanezerewe turashimira Perezida wa Repuburika uburyo atwitaho, uyu munsi ubaye uwa mbere mu Rwanda hose Perezida Imana imufashe kandi niwe twifuza ko akomeza kutuyobora”.

Dr Uwiringiyemungu Jean Népomuscene uyobora ibitaro bya Kirehe ngo nkuko insanganyamatsiko ibivuga “Nta bwishingizi mu kwivuza nta buzima”avuga ko gukangurira abaturage kwitabira mituweri biri mu nshingano z’abaganga, ngo niyo mpamvu mu bitaro bya Kirehe umubare w’abivuriza kuri mituweri uri hejuru.

Yagize ati “igipimo cya mituweri gihagaze neza abatayifite ni bake cyane bose bamaze kumenya ubwiza bwayo uretse abaza baturutse kure nibo usanga bafite ikibazo kandi nabo turabafasha bakavurwa, muri gahunda z’ibitaro nta muntu uza abigana ngo agire ikibazo”.

Kamugunga Jules intumwa ya Minisitiri w’Ubuzima muri uwo muhango avuga ko gahunda yo gusura abarwayi ihoraho kandi iri mu nshingano z’umuntu wese urebana na gahunda z’ubuvuzi ku nyungu z’umurwayi n’umurwaza.

Kuri uwo munsi habaye umuhango wo kugaburira abarwayi banahabwa ubundi bufasha bugizwe n’ibikoresho binyuranye bijyanye n’isuku birimo amasabune, imyenda n’ibindi.

Nyarusange: Abateka kanyanga ngo baba bishakira amafaranga

$
0
0

abateka kanyanga ngo baba bishakira amafaranga

Abagabo bane n’abagore batatu ni bo batawe muri Yombi kuri uyu wa 13/ 03 2015 ubwo Polisi yabagwaga gitumo mu gitondo cya kare, nyuma y’igihe kirekire bashakisha amakuru y’abakwirakwiza kanyanga n’inzoga z’inkorano mu Murenge wa Nyarusange.

 abateka kanyanga ngo baba bishakira amafaranga2

Bamwe mu bamaze gutabwa muri yombi bazira guteka no gucuruza kanyanga bavuga ko bakoraga ibi bikorwa bakurikiye amafaranga n’ubwo bari bazi neza ko banyuranya n’amategeko.

abateka kanyanga ngo baba bishakira amafaranga3

Abafashwe bemera icyaha ariko bakaba bavuga ko bahawe imbabazi batasubira, nyamara inzego z’umutekano zo zivuga ko zimaze igihe zishakisha abakora ibi bikorwa ugasanga abaturage barimana amakuru kandi ababikora bakagerageza kwihishira uko bashoboye kose.

Gasigwa Jean Damascene avuga ko yatekaga kanyanga akanayicuruza, kandi yari aziko bibujijwe, “ni inda igira nabi nagirango nanjye mbone icyambeshaho, cyakora kuko nzi ko ibiyobyabwenge ari bibi abandi bakibikora nabagira inama yo kubireka”.

Uyu musore avuga ko inzego z’umutekano zabaguye gitumo iwabo mu Mudugudu wa Remera Akagari ka Ngaru  mu ma saa 06H30 akabanza kubahakanira ko nta kanyanga agira ariko ngo ibimenyetso byayo byaje kuhaboneka baramutwara kuko bahasanze ibikoresho yatekagamo.

Nyina w’uyu musore bafatanywe bose bakajyanwa kuri Polisi, avuga ko impamvu atatangaga amakuru y’umuhungu we ari ukubera ubujiji, nyamara nawe avuga ko na radio yajyaga ivuga ibikorwa bibi biterwa no kunywa kanyanga kandi na we azi ko ari mbi, ariko ngo kuko umuhungu we yayikuragamo amafaranga ntibyari byoroshye kumutanga.

Undi musaza Ndemyugabe Jeanvier bafatanye inzoga y’inkorano bakunze kwita igikwangari avuga ko nawe yashakagamo amaramuko, akavuga ko amakuru yo kubafata yaba yatanzwe n’abaturanyi, cyakora nawe yemera ko n’ubwo bamushinja ko inzoga akora zangiza ubuzima, yashakaga amafaranga.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyarusange Mukamitari Valerie avuga ko hari hashize igihe hari amakuru avuga ko hari abaturage bateka kanyanga n’abayicuruza, ariko ugasanga abaturanyi babo babahishira ntibafatwe.

Agira ati, “byabaye ngombwa ko duhaguruka saa kumi za nijoro twabanje gukora urutonde rw’abantu babicuruza ndetse n’ababiteka, ariko gufata ibihanga byagiye bitugora kubera abantu bakorana nabo babaha amakuru, ku buryo harimo n’abaducitse ariko ab’ingenzi twabafashe”.

Uyu muyobozi avuga ko hari urutonde rw’ababarirwa muri 25 bagomba gufatwa, ubu hakaba habonetse barindwi bafatanwe litiro zigera ku 10 za kanyangwa, n’ibikoresho bibashishaga mu kuyitunganya.

Augmentation du nombre d’étrangers qui veulent la nationalité rwandaise

$
0
0
Augmentation du nombre d’étrangers qui veulent la nationalité rwandaise

Augmentation du nombre d’étrangers qui veulent la nationalité rwandaise
Marcel Ndoricimpa a aussi obtenu le certificat de la nationalité rwandaise

François Xavier Mbabazi, Maire du District de Ruhango affirme que le Rwanda est un pays stable qui attire beaucoup d’étrangers. Les Africains, les Européens les Asiatiques…habitant au Rwanda apprécient le climat des affaires, la sécurité et l’hospitalité rwandaise et veulent la naturalisation. C’est dans ce cadre que dans ce District, 112 étrangers ont été naturalisés dans la seule année 2014 et le nombre ne cesse d’augmenter à travers tous les 30 Districts que compte le pays.

Le Maire de Ruhango a dit qu’ils ont  intégré  Marcel Ndoricimpa dans la société rwandaise. Mbabazi a profité decette occasion pour dire aux Rwandais d’être fier de leur patrie. C’était lors de la cérémonie de prestation  de serment de  Marcel Ndoricimpa, un Burundais qui a acquis la nationalité rwandaise. Ndoricima devient un Rwandais qui s’ajoute à d’autres 319,886 résidents de Ruhango.

Il est content d’être naturalisé et affirme qu’il va contribuer au développement du Rwanda comme Rwandais. Marcel Ndoricimpa a vécu au Rwanda pendant 43 ans et connaît bien le pays et la culture rwandaise. Comme contribution au développement du Rwanda, il promet qu’il va former les jeunes Rwandais dans le domaine d’électricité.

Augmentation du nombre d’étrangers qui veulent la nationalité rwandaise

Augmentation du nombre d’étrangers qui veulent la nationalité rwandaise
Lors de la prestation de serment, Ndoricima a accepté qu’il va respecter la constitution rwandaise et d’autres lois en vigueur

« J’ai fait mes études primaires et secondaires au Rwanda, j’ai travaillé au Rwanda depuis lors,  et  j’ai épousé une femme Rwandaise et nous avons 4 enfants. Je suis originaire de Gasenyi, dans la Commune Buganda, au Burundi. Comme j’ai appris la culture rwandaise…et après avoir considéré tout ça, j’ai décidé de demander officiellement la nationalité rwandaise », a fait savoir Ndoricimpa.

Quelques conditions pour être naturalisé, c’est notamment être marié(e) légalement avec un Rwandais /se, avoir la résidence habituelle au Rwanda durant trois ans, monter l’intérêt d’être Rwandais /se.

Un étranger qui obtient officiellement la nationalité rwandaise doit prêter serment devant le publique, qu’il va respecter la constitution de la République du Rwanda et d’autres lois en vigueur comme tous les Rwandais.

« J’ai fait mes études primaires et secondaires au Rwanda, j’ai travaillé au Rwanda depuis lors,  et  j’ai épousé une femme Rwandaise et nous avons 4 enfants. Je suis originaire de Gasenyi, dans la Commune Buganda, au Burundi. Comme j’ai appris la culture rwandaise…et après avoir considéré tout ça, j’ai décidé de demander officiellement la nationalité rwandaise », a fait savoir Ndoricimpa.  Quelques conditions pour être naturalisé, c’est notamment être marié(e) légalement avec un Rwandais /se, avoir la résidence habituelle au Rwanda durant trois ans, monter l’intérêt d’être Rwandais /se. Un étranger qui obtient officiellement la nationalité rwandaise doit prêter serment devant le publique, qu’il va respecter la constitution de la République du Rwanda et d’autres lois en vigueur comme tous les Rwandais. Augmentation du nombre d’étrangers qui veulent la nationalité rwandaise

Nyabihu: Imirenge 2 yabonye abayobozi bashya

$
0
0

Nyabihu: Imirenge 2 yabonye abayobozi bashya

Nyuma y’aho abari abayobozi b’imirenge ya Bigogwe, Jenda na Muringa bahawe imirimo mishya mu karere, kuri ubu imwe mu mirenge bayoboraga yabonye abayobozi bashya.

Abayobozi bashya n’ubundi bari basanzwe ari abayobozi b’imirenge. Umurenge wa Jenda,ukaba warahawe Rurangwa Manzi wari usanzwe ari umuyobozi w’umurenge wa Jomba,aho yaje mu murenge wa Jomba avuye mu wa Shyira.

Naho umurenge wa Muringa ukaba warahawe Karehe Bienfait wari usanzwe ari umuyobozi w’umurenge wa Karago. Uyu muyobozi akaba ayoboye umurenge wa Muringa, nyuma yo kuba umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rurembo, nyuma aba uwa Karago none ubu abaye uwa Muringa.

Nk’uko twabitangarijwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Nyabihu Ngabo James,kuri ubu imirenge ya Karago,Jomba na Bigogwe ikaba iyobowe by’agateganyo n’abari bayishinzwemo irangamimerere “Etat civil”.

Ni mu gihe hagitegerejwe ko haboneka abayobozi bashya b’iyo mirenge bitarenze ukwezi kwa Nyakanga uyu mwaka.

Mu gihe uwari umuyobozi w’umurenge wa Muringa Kadari Ruhetesha Aaron yagizwe umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere “Director of Education”,uwari usanzwe ukora kuri uyu mwanya by’agateganyo Nkera David, ubu ni  ushinzwe amashuri yisumbuye n’ay’ubumenyi ngiro mu karere “Secondary and TVET officer”.

Naho Mutwarangabo Simon wari umuyobozi w’umurenge wa Bigogwe wagizwe umuyobozi ushinzwe iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage mu karere “Director of Social Development” ,uwari usanzwe akora kuri uyu mwanya by’agateganyo  Vumera Jean Bosco,akaba ubu ari ushinzwe kurengera abatishoboye “Social Protection officer”.

Mu gihe Munyambabazi Seleman wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Jenda,kuri ubu ari umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu karere “Director of good Governance”,Rudaseswa Eugène wakoraga kuri uyu mwanya by’agateganyo,akaba ubu ari ushinzwe imiyoborere myiza “good governance officer”.

Iyi myanya y’aba “directeur” abari abayobozi b’imirenge bashyizweho mu karere,n’ubundi ngo ntabayikoragaho yari ifite,abayikoragaho byari iby’agateganyo  kuko bari basanzwe bafite imyanya yabo nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere  Ngabo James yabidutangarije.

Muhanga: Seven arrested over illicit liquor

$
0
0

Police have arrested seven people and seized 3,000 litres of illegal liquor in  Nyarusange sector of Muhanga district.

Muhanga: Seven arrested over illicit liquor

Confirming the incident, Valerie Mukamitari, the Executive secretary of Nyarusenge sector, said the suspects were arrested on Sunday.

Mukamitari added that the police had destroyed the equipment used for the brewing exercise and identified the “notorious brewers” who have been in the practice for long each time and serially evading police.

Muhanga: Seven arrested over illicit liquor

The seizure comes in the wake as Muhanga district declared war on drug and substance abuse, which are blamed for the increased insecurity in various parts of Muhanga district.

Mukamitari said similar raids would be conducted in a bid to curb the illegal practices.

« Si le Président Kagame ne brigue pas le troisième mandat, je vais me suicider »-Emérence Uwiragiye

$
0
0
1

Son enfant avait le bec de lièvre mais a été soigné gratuitement grâce à Kagame

Emérence Uwiragiye, mère d’un enfant, habite dans la Cellule de Mburabuturo, Secteur de Muko, dans le District de Musanze, réclame que la constitution soit amendée pour que, elle et d’autres Rwandais puissent voter pour le Président Kagame. Dans le cas contraire, elle a menacé qu’elle pourra se suicider. « Si le Président Kagame ne brigue pas le troisième mandat, je vais me suicider ».

La jeune dame Emérence Uwiragiye qui mène une vie ordinaire, s’est basée sur les réalisations de Kagame, durant ces deux mandats. Plus particulièrement encore, cette mère d’un enfant unique né avec une anomalie (bec de lièvre), affirme que son enfant a été soigné gratuitement par l’existence des bonnes relations du Rwanda et les pays étrangers, via le Président Kagame.

« J’entendais souvent parler de ces bonnes relation du Rwanda avec l’étranger. Je l’ai réalisé le jour où j’ai donné naissance à un enfant ayant une anomalie de bec de lièvre. Le Président  Paul Kagame a amené les médecins blancs. Ces médecins ont soigné mon enfant gratuitement. J’aimerai voir le président Kagame pour lui présenter mes remerciements face à face. Si c’était possible je pourrai même lui porter sur le dos ».

Porter quelqu’un sur le dos, c’est très significatif dans la culture rwandaise. Ça montre un grand amour, respect, etc. envers quelqu’un. La foule qui était rassemblée autour d’elle applaudissait pour montrer qu’elle partageait le point de vue, celui de « demander que la constitution soit amendée pour voter pour le Président  Kagame ».

Une autre femme, Dative Nyirasubiranya a aussi demandé Francis Kaboneka, Ministre de l’Administration Locale (MINALOC), de transmettre ce message au Président Kagame. « Je ne suis pas seule, je suis avec d’autres femmes et sont toutes prêtes à voter pour le Président Kagame à 100% ».

2

Toutes ces femmes derrière Dative Nyirasubiranya veulent voter pour Kagame

C’était lors du lancement officiel de la saison des semences, le Ministre Kaboneka que les habitants du Secteur de Muko, dans le District de Musanze lui ont donné ce message.

Au cours de différentes visites de Kagame à travers le pays, la population consciente de la fin de son 2e mandat, a toujours demandé Kagame de se faire réélire en 2017. Mais, le Président Kagame a toujours répondu qu’ il est encore tôt pour parler du 3e mandat, que la constitution a été faite par la population, qu’il est plutôt occupé par le développement du pays, etc.

Ces revendiquions deviennent de plus en plus sérieux et prennent l’ampleur national. Au départ, certaines gens croyaient surtout de l’étranger croyaient que c’était une manipulation du FPR. La population réclame l’amendent de la constitution surtout la modification de l’article 101, pour permettre à Président Kagame de se faire réélire pour le troisième mandat en  2017.

Edourd Mubaraka, est à la tête d’un groupe appelé « Ijwi rikenewe », qui veut dire une voix nécessaire. Ce groupe comme le dit Mubaraka, « veut l’amendement de la constitution rwandaise pour permettre le 3e mandat au Président Kagame ».

Ce groupe qui vient de voir le jour comprend déjà différentes personnalités de la société civile et même certaines autorités.


Drug crime surges in Kamonyi

$
0
0

Drug crime has increased in Kamonyi during the past six months, as the true scale of the district’s illicit drug problem is revealed.

This comes after drug dealing cases were reported 15 times in January and February 2015 as revealed recently during the general security meeting.

Drug crime surges in Kamonyi

A lot of drugs were found in Runda, Rugarika and Nyamiyaga sectors of Kamonyi while drug dealing was on a low level previously.

Talking to this website, Supertendant Vita AMUZA, Kamonyi District Police Commander commended cooperation between local leaders and security organs in fighting against drug dealing and usage.

“I commend the local administrative levels for  their daily support. This time we are unveiling big quantities of drugs unlike before” said the police commander.

Jacques Rutsinga, mayor of Kamonyi district asked cell and sector leaders to follow up on residents’ welfare, saying that being close to residents is the best way of landing on necessary information concerning drugs and other crimes.

Apart from drug dealing, other crimes highlighted include robbery, suicide and rape among others.

Kicukiro: Community policing committees urged to enhance crime prevention measures

$
0
0

Kicukiro: Community policing committees urged to enhance crime prevention measures

Rwanda National Police (RNP) reached out to over 150 Community Policing Committees (CPCs) in Masaka Sector, Kicukiro District with a sensitization message to enhance their crime prevention activities in order to sustain security in the area.

“We all want total security to ensure that every Rwandan and their property is protected. We must redouble our efforts and further tighten night patrols and give no space to criminals,” the DCLO of Kicukiro, IP Hamdun Twizeyimana, told the CPCs.

As a way to further maintain security in Kicukiro and the country in general, IP Twizeyimana urged the CPCs to identify possible criminals, analyze and report all suspicious activities that may cause insecurity.

One of the participant CPCs, Desire Rugaju, commended RNP for imparting more skills trainings to CPCs to enable them carry out their activities more efficiently.

“Police has enabled us to work efficiently in sustaining the peace of our community. We should work together and avoid indulging in activities like drunkenness which affect our work,” he said.

RNP collaborates with CPCs and other security organs to ensure that security prevails within their communities.

Community policing has gained momentum in recent years as RNP and community leaders search for more effective ways to promote public safety.

About 140,000 members of CPCs have so far been trained across the country.

« Nous avons choisi le Rwanda, un pays qui s’est reconstruit, 20 après le génocide…»- Gén. George Owinow

$
0
0
Les 50 officiers supérieurs au siège du Ministère de la Défense à la découverte de RDF

Les 50 officiers supérieurs au siège du Ministère de la Défense à la découverte de RDF

Une délégation de 50 officiers militaires de l’école des cadres militaires du Kenya « Kenya Defense College », provenant de 10 pays africains ont fait un voyage d’études d’une semaine au Rwanda. Cette visite s’inscrit dans le cadre d’apprendre l’expérience des Forces Rwandaises de Défense (RDF), dans la prévention des conflits et le maintien de la paix à travers le monde.

Ces hauts cadres militaires proviennent du Kenya, Rwanda, Burundi, Botswana, Egypte, Malawi, Namibie, Tanzanie, Ouganda et la Zambie. C’est aussi une occasion pour ces 50 officiers supérieurs de visiter différentes activités et installations des forces rwandaises à travers le pays.

« Nous avons choisi le Rwanda parce que c’est un pays qui s’est reconstruit, 20 après le génocide. Et le Rwanda participe dans les missions onusiennes de maintien de la paix en Afrique comme l’EASF », a déclaré le Général Major George Owinow, Directeur de Kenya Defense Staff College.

Ces officiers supérieurs africains ont été accueillis au siège de l’Etat-major de RDF par le Gén. James Kabarebe, Ministre de la Défense de l’armée rwandaise. Le Gén. Kabarebe leur a expliqué le mode opératoire de RDF  à l’intérieur du pays et ailleurs.

Kabarebe a aussi montré à ces officiers la façon dont l’armée rwandaise se transforme en une armée professionnelle. Ils ont eu aussi des explications sur le partenariat entre l’armée et la population dans le développement du pays, le partenariat de RDF et les armées étrangères pour assurer la sécurité dans la région, et le rôle de RDF dans les missions de maintenir la paix de l’ONU à travers le monde.

L’expérience que ces officiers ont apprise du Rwanda va leur permettre de contribuer aux missions de maintien de la paix en Afrique, particulièrement l’Afrique de l’Est., qui a déjà mis en place une coalition des forces armées, l’East African Standby Force (EASF), destinée à intervenir rapidement en cas d’insécurité.

A la sortie de cette séance, ces officiers se sont montrés déterminant dans la gestion des conflits. « Nous allons donner une contribution importante dans la recherche des causes des conflits et la gestion de ces conflits. Ce qui va faciliter l’EASF dans ces opérations et certains de ces officiers vont faire partie des contingents de l’EASF », s’est félicité le Gén. Major Owinow.

Defense Staff College forme les officiers supérieurs ayant les grades de Major et  Lt Colonel. Ils apprennent les cours militaires comme les relations entre les militaires et les civiles, les relations politiques et les affaires étrangères, ainsi que les leçons en rapport  avec les conseillers militaires.

Nyange : Barizihiza imyaka 18 y’intwari z’i Nyange

$
0
0

Kuwa 18 Werurwe 1998- kuwa 18 Werurwe 2015, imyaka 18 irashize mu karere ka Ngororero mu murenge wa Nyange hiciwe abanyeshuri nyuma yo kwanga kwitandukanya hakurikijwe ubwoko nkuko babisabwaga n’abacengezi ari nabo babambuye ubuzima, bakaza gushyirwa mu rweogo rw’Intwari z’Imena. Kuri uyu wa 19 werurwe hakaba hibukwa izo ntwari.

Abari abanyeshuri b’i Nyange bashyizwe rwego rw’Intwari z’Imena harimo Bizimana Sylivestre, Mukambaraga Beatrice, Ndemeye Valens, Benimana Herene, Mukarutwaza Seraphine, Uwitwa Ferdinand na Mujawamhoro Marie Chantal ari nawe wenyine uruhukiye aho i Nyange.

Biteganyijwe ko bose bazashyingurwa i Nyange aho bazubakirwa igicumbi

Biteganyijwe ko bose bazashyingurwa i Nyange aho bazubakirwa igicumbi

Buri mwaka ubuyobozi bw’ishuri Nyange Secondary School, “National Imnena Heroes”, ku bufatanye n’akarere ka Ngororero hamwe n’urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari hamwe n’ishyirahamwe ry’abaharokokeye ubwicanyi bwakozwe n’abacengezi bakaba bafatanya kwizihiza isabukuru y’izo ntwari.

Umwe gusa niwe ushyinguwe i Nyange

Umwe gusa niwe ushyinguwe i Nyange

Imwe mu mishinga ikomeye iteganywa mu rwego rwo guha agaciro ubutwari bw’aba bana, ni uko kuri iri shuri hategenyijwe kuzubakwa igicumbi cyazo. Hari kandi no gukwirakwiza filimi yiswe “rya joro ry’i Nyange”, ikubiyemo ibyahabereye n’amasomo ku butwari cyane cyane ku bakiri bato, nkuko ubuyobozi bw’umurenge wa Nyange bwabidutangarije.

 

Nyamagabe: Gukererwa kwishyura no gusinya amasezerano ni bimwe mu bidindije ishyirwamukirorwa by’ingengo y’imari

$
0
0

Gukererwa kwishyura no gusinya amasezerano hagati y’Akarere ka Nyamagabe na ba rwiyemezamirimo ni bimwe mu bidindije ishyirwamubikorwa by’ingengo y’imari y’akarere ka Nyamagabe 2014-2015, biterwa ahanini ni igihe amasoko aba yaratangiwe.

3

Kuri uyu wa 18 Werurwe 2015, itsinda ry’abadepite bo muri komisiyo yo gukurikirana imikoreshereje y’ingengo y’imari, ryagiranye inama n’ubuyobozi ndetse n’abakozi b’akarere mu nzego zitandukanye, igamije kureba aho ingengo y’imari 2014-2015 igeze ishyirwa mu bikorwa.

Hagendewe ku bikorwa akarere kamaze gukora kamurikiye abitabiriye, byagaragaye ko kakiri inyuma cyane ku kigero cya 51% mu gihe habura amezi atatu gusa ngo umwaka w’ingengo y’imari 2014-2015 urangire.

4

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Bwana Philbert Mugisha yadutangarije ko ahanini biterwa no gukererwa kwishyura ndetse no gusinya amasezerano hagati y’akarere na ba rwiyemezamirimo.

Yagize ati: “iyo tugeze muri iki gihembwe usanga hari imirimo itaratangira,hari igitangira, igeze hagati ku buryo kwishyura ba rwiyemezamirimo mu kurangiza iyi mirimo yose biba bitarashoboka bikaba bigaragara ko turi hasi.”

Ku misoro y’ipatante, ni hamwe haba hategerejwe amafaranga yunganira akarere kuri bimwe mu bikorwa, ariko kuko iboneka mu kwezi kwa gatatu ugasanga nabyo bigize uruhare mu kudindiza imirimo.

Uwari uyoboye iyi komisiyo, Honorabure Adolphe Bazatoha yadutangarije ko nyuma yo kugaragarizwa imbogamizi akarere gahura nazo bazagera kubakorera ubuvugizi.

Yagize ati: “icyo tuzabavuganira ku bibazo batubwiye, tuzavugana na minisiteri icunga ingengo y’imari n’igenamigambi, kubera ko n’ubundi twaje mu rwego rwo gutegura, kwiga umwaka w’ingengo y’imari 2015-2016.”

Kureba aho ishyirwamubikorwa by’ingengo y’imari bigeze, bifasha komisiyo mu gihe haba hitegurwa gutora itegeko rigena ingengo y’imari 2015-2016.

 

 

 

Bisesero: Genocide orphans make horrifying journey back to France’s death trap

$
0
0

Bisesero: Genocide orphans make horrifying journey back to France’s death trap

French soldiers manhandle suspects brought in by genocide militia at a stadium in western Rwanda back in May 1994

On 27th June 1994, French commandos arrived in the mountainous Bisesero region in south west Rwanda. They lured more Tutsis – some of whom had been battling genocide militias, and others hiding in the bushes, to return to their homes. The French soldiers promised the villagers protection.

Within hours, the Tutsis had returned to their homes. Hardly did they know the French had set a trap. In the next two days, French soldiers provided trucks, fuel and weapons to hundreds of government soldiers and militias up the mountains – with single mission; exterminate all Tutsis.

Within two days, more than 50,000 Tutsis were massacred by rampaging genocide militia. Only 900 Tutsis survived the horrifying ordeal.

Twenty one years later, this Saturday, more than 300 genocide orphans will make the traumatizing journey up the hills where back in June 1994 were the scene of the worst mass extermination project and fight for survival. The orphans are from the Genocide Survivors Students Association (AERG in French acronym) and former students GAERG.

The return to Bisesero is part of month long campaign in which the orphans have been traveling to different parts of Rwanda to pay homage to the victims of the 1994 genocide against Tutsis. They launched the campaign on Saturday March 7, 2015 in Rukumbeli Sector, Ngoma District, eastern Rwanda– where more than 35,000 Tutsis were massacred in just that small area.

Like all stops of the campaign, in Bisesero, activities will include support to vulnerable genocide survivors; especially those wounded, and honour the liberation fighters of the Rwandan Patriotic Army who stopped the genocide.

Survivors handicapped during the genocide, as well as liberation war casualties will be the main focus. They will rehabilitate houses for genocide orphans and widows in that area. All activities for the day will be commenced with laying wreaths on the different memorial sites in the Bisesero region.

What happened in Bisesero from 27 June 1994?

On June 27, 1994, survivors of the carnage and convicted militia say a convoy of military Humvees arrived at a Gishita – a small rural trading centre in what was then Gishyita commune in Kibuye prefecture. Gishita is currently part of Bwishura sector of Karongi district.

French commandos led by Captain Marin Gillier established roadblocks and a military post at a Mabuga centre. The area was base for thousands of Interahamwe militia as focal point in daily preparation of assaults against Tutsis hiding up in the Bisesoro Mountains about two hours’ drive away.

Kabuye prefecture was part of the infamous “Zone Turquoise” covering large sways of western Rwanda. At the very Gishyita centre, around the former communal office, French soldiers had a base and 3 roadblocks – as their own cordon near the Base – and became entry point for militia re-enforcements brought from Cyangugu, and another roadblock on another side (became entry for “re-enforcements” from Kibuye-Ruhengeri-Gisenyi).

French journalist and author Patrick de Saint-Exupéry and a yet unidentified Camerawoman were on the convoy. The French writer had published widely about what he saw, all of which corroborates with accounts of genocide survivors and convicted militias in Rwanda.

The new guests drove up the only route to the Bisesero mountains. On seeing white people, the unsuspecting hundreds of Tutsis came out of their hideouts. They were told by the French soldiers that there was nothing to worry. The militias had stopped attacking the mountains, because the Tutsis were fighting back with stone and anything they could.

Following the visit, the French soldiers returned to back at Gishita – convinced the Tutsis had gone back their homes.

Under organizational command by Sikubwabo Charles, the Gishyita bourgmestre, Mpambara Joseph, several local leaders and the supervision of French soldiers as they just looked on, militia and ex-army were ferried to a ground (around Gishyita centre) – briefed and dispatched for “work”, according to former militia. The two men are still fugitives, with no known location.

After the “briefings”, some militia moved on foot up the mountains and others moved in buses, trucks and French jeeps in numbers which former killers have themselves described as simply “very many”.

On the 3 roadblocks that also had French flags flying and manned by both French soldiers and militias, Tutsis were brought in and killed on spot as French soldiers watched.

The details of what happened in Bisesero have been subject of extensive research. Books and journals by renowned academics have been published. French media and parliamentary delegations have visited the region. Every year, especially during the commemoration period, ordinary French nationals visit Bisesero.

As the massacre went on in the mountains, French soldiers manned the roadblocks – opened up for vehicles carrying militias – trained some militia at a nearby bush – supplied guns and bombs to the marauding killers – raped girls and often “enjoyed” beers with Sikubwabo at one of the killer’s bar – some few meters away.

French soldiers used military telescopes as they viewed the militia “working”. However, the Basesero – despite the starvation, the cold – tried to fight off them off.

Britain beats France in Rwanda

$
0
0

In Rwanda, French speaking teachers have successfully adjusted their ability to speak and teach in English, dispelling fears that the country’s switch to English in 2008 was a ‘disastrous’ move.

Prior to that, French was Rwanda’s main official language of instruction.

By switching languages, an entire overhaul of the Education system was conducted to adopt to English.

Under an innovative education program funded by the British Agency for International Development (DFID), more than 200 Rwanda’s French speaking teachers have gradually acquired English language skills.

The teachers instruct form five and six, largely from schools in Bugesera and Nyaruguru districts, and facilitators say all the teachers across the country will be reached.

A Rwandan teacher engages his students during a lesson. Since 2008, the country replaced French with English as the language of instruction in the education system.

A Rwandan teacher engages his students during a lesson. Since 2008, the country replaced French with English as the language of instruction in the education system.

In 2013, DFID, in partnership with Rwanda, offered £11.9million (Rwf12b) to support 26 projects promoting innovation in country’s education sector, with a bias towards projects promoting English.

Plan International Rwanda-a child rights organisation, received $1million for its exceptional ‘Teacher Self-Learning Academy project’ aimed at improving quality of teaching and learning in Science and English using innovative technology.

Silas Bahigansenga, the project manager in Plan Rwanda told KTPress that the programme will enable former French speaking teachers to reach 73,000 pupils every year.

“We bought iPods and installed them with reference materials where teachers learn from model tutors from other schools and reproduce the learner-centred methodology,” Bahigansenga said.

With each iPod valued at US$300, the devices provide teachers with access to innovative supplementary learning manual of Science and English.

The iPods are installed with many English dictionaries that provide voices that teach beneficiaries’ pronunciation.

Beneficiaries watch the model video lessons that were filmed from selected schools, from communities of practice and discuss what they have learnt from the instructional videos they watched, and later put it into practice in classes.

When Angelo Nsengiyumva, who teaches in primary six at Kagasa School in Bugesera district, southern Rwanda,  was told to change his teaching methodology from French to English, he almost dropped down his 30 years profession.

“You see when you personally can’t pronounce words properly, feeding children with what you don’t perfectly do just kills them.” he told KTPress.

Damas Mvuyekure a teacher at Munege primary School in Nyaruguru District said, “This iPod has wiped off my worries.”

“Teaching in English was a burden, but most of us are becoming perfect tutors and speakers,” Mvuyekure says.

Peter Van Dommelen, Plan Rwanda Director said, “We are looking for more funds to extend the project to other areas of the country.”

Rwanda is now a member of the Commonwealth and the East African Community, all English speaking cohorts.

Apart from the language being tough as a sole subject, French might as well just say “au revoir.”

Source: KT Press


Rubavu: Ukwezi kw’imiyoborere uzaba umwanya wo kumurikira abaturage ibyo bakorewe

$
0
0
Hon Kamayirezi n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu Bahame batangiza ukwezi kw’imiyoborere

Hon Kamayirezi n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu Bahame batangiza ukwezi kw’imiyoborere

Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Bahame Hassan avuga ko mu kwezi kwahariwe imiyoborere myiza bazibanda ku kwegera abaturage no kubamurikira ibyagezweho no kubagaragariza uruhare babigizemo nibyo basabwa kugira ngo bashobore gufatanya mu mikoranire.

Mu mwaka wa 2014 abaturage bagejeje ku karere ka Rubavu ibibazo bigera kuri 60 kandi byinshi byabonewe ibisubizo kuburyo ukwezi kw’imiyoborere myiza abaturage bazongera kwegerwa kugira ngo bakemuriwe ibibazo bihari no kungurana inama ku byabafasha kwiteza imbere no kugira ubuzima bwiza.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisitere y’ibikorwa remezo Kamayiresi Germaine akaba avuga ko mu kwezi kwahatriwe imiyoborere abaturage n’abayobozi bagomba guhsyikirana bakaganira kubyateza imbere akarere no gucyemura ibibazo.

Ukwezi kwahariwe imiyoborere gutangiye mu gihe abayobozi bamwe mubaturage bo mu murenge wa Cyanzarwe batishimira uburyo abayobozi binzego zibanze babafatira amatungo mu kubishyuza amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza, bikaba byaratumye akarere ka Rubavu kaguma ku kigereranyo cya 70%.

Nubwo abaturage basabwa kuzahura n’abayobozi bakaganira kubyateza imbere akarere ndetse n’abafite ibibazo bakabicyemurirwa, ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu gakomeje guhamagarira abamwe mu ayobozi bafashe inka muri gahunda ya Girinka aho kuzigeza ku baturage bakazitwarira kimwe n’abatwaye amafaranga ya VUP kuyagarura.

Abaturage bakaba bavuga ko bamwe mubayobzi bafite imiyoborere yo kwikubira bazambya gahunda za leta zigenerwa abaturage.

Gakenke: Ntampamvu umukuru w’igihungu atakwongera kwiyamamaza ariwe bakesha imiyoborere myiza-abaturage

$
0
0

Ntampamvu umukuru w’igihungu atakwongera kwiyamamaza ariwe bakesha imiyoborere myiza-abaturage

Ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza kuri uyu wa 18/03/2015, abatuye mu murenge wa Nemba mu karere ka Gakenke bongeye gushimangira ko bashaka gukomezanya indi manda n’umukuru w’igihugu Paul Kagame kandi bakaba batabona impamvu habaho itegeko rimukumira kwongera kwiyamamaza.

Ntampamvu umukuru w’igihungu atakwongera kwiyamamaza ariwe bakesha imiyoborere myiza-abaturage2

Ngo kuba umukuru w’igihugu hari byinshi yagejeje ku Banyarwanda by’umwihariko abatuye akarere ka Gakenke, babona babangamiwe n’ingigo ya 101 y’itegekonshiga ikumira President wa Republika kwongera kwiyamamaza bitewe nuko bashaka kwongera kumuhundagazaho amajwi.

Mu gihe hatangwaga umwanya w’ibibazo hagarayemo abagabo 2 basabaga ko ingingo ya 101 yahindurwa kuburyo bose bakimara kubivuga abandi baturage nabo aho bicaye babyishimiraga bagakoma mumashyi

Tomas Nizeyimana wo mu kagari ka Gisozi mu murenge wa Nemba yavuze ko president Kagame amaze kugeza kuri byinshi abaturage bakaba bamwishimiye cyane kuburyo bumva itegeko rimukumira kwongera kwiyamamaza ryahindurwa

Ati “ingingo ya 101 ikumira president wa Republika kwiyamamariza izindi manda, none twe abaturage kugeza ubu amaze kutugeza kubintu byinshi turamwishimiye cyane ntakuntu iyo ngingo yahinduka agasubiraho akongera kutuyobora mugihe tukimwishimiye kandi tutegereje ibintu byinshi cyane imbere yacu agikomeza kutugezaho”

Undi muturage utatangaje amazina ye ariko nawe utuye muri uyu murenge wa Nemba yavuze ko akurikije ibyo bamaze kugezwaho na nyakubahwa president wa Republika babona ingingo ya 101 ibabangamiye nk’abatuye umurenge wa Nemba

Agira ati “mubyukuri ibintu byinshi tumajije kugeraho byagiye bituruka ku miyoborere myiza, nkurikije ibyo nyakubahwa president wa Republika yatugejejeho iriya ngingo nanjye ya 101 iratubangamiye nk’abaturage bo muri Nemba twifuzaga kwongera guhundagazaho amajwi nyakubahwa president wa Republika mubidusabiye iyo ngingo yahinduka”

Ureste abafuzaga ko itegeko nshinga rikumira president kwongera kwiyamamaza rihinduka abandi babajije ibibazo bagiye basubizwa n’abandi berekwa uburyo bakoresha kugirango bicemuke

Umunyamabanga wa leta ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro akaba n’imboni y’akarere ka Gakenke Evode Imena wari umushitsi mukuru yijeje abaturage ko ubutumwa bwabo abushyikiriza abo bireba kugirango bazagire icyo babikoreho.

Ngororero : Nyange Secondary School pays tribute to Imena Heroes

$
0
0

Nyange Secondary School in Ngororero district on March 19th 2015 commemorated former students and 1994 Tutsi genocide victims classified as « Imena » Heroes.

This comes as the school commemorates seven students that were killed on March 18th 1997 by Hutu Militias after refusing to be separated along ethnic lines of Hutus and Tutsis.

Rwandan Heroes are classified into three categories namely, Imanzi, Imena and Ingenzi.

Students of Nyange secondary school fall under Imena category.

They include Bizimana Sylivestre, Mukambaraga Beatrice, Ndemeye Valens, Benimana Herene, Mukarutwaza Seraphine, Uwitwa Ferdinand and Mujawamahoro Marie Chantal who is the only genocide victim among Imena heroes laid to rest at Nyange.

There are plans to construct National Heroes Mausoleum at Nyange where the remains of all Imena category heroes will be laid to rest

There are plans to construct National Heroes Mausoleum at Nyange where the remains of all Imena category heroes will be laid to rest

Every year, Nyange Secondary School administration celebrates “National Imena Heroes” in association with Chancellor of heroes and National orders (CHENO) and (AERG an association of student survivors of genocide.

Marie Chantal Mujawamahoro is the only Imena national hero laid to rest at Nyange secondary school

Marie Chantal Mujawamahoro is the only Imena national hero laid to rest at Nyange secondary school

According to Nyange sector administration, Imena Mausoleum is set to be constructed at Nyange secondary school in addition to distributing a film dubbed “rya joro ry’i Nyange” (that night at Nyange) to teach the young about the history and heroism.

Rwandan Heroes are classified into three categories namely, Imanzi, Imena and Ingenzi.

The ‘Imanzi’ category consists of the late Major General Fred Gisa Rwigema and the Unknown Soldier who represents all the soldiers that died during the liberation struggle.

The ‘Imena’ category consists of King: Mutara III Rudahigwa Charles Léon Pierre, Michael Rwagasana, Agatha Uwiringiyimana, Niyitegeka Felesita, and the students of Nyange secondary school.

The third category which is ‘Ingenzi’ consists of all heroes who are still alive.

Kagame Approves bill seeking 100% payment for Mothers on Maternity leave

$
0
0

Rwanda has approved the long awaited maternity protection bill that grants mothers a better package of their remuneration while on a 12-weeks leave.

While chairing an extraordinary cabinet meeting, President Paul Kagame, on Friday, March 20, 2015, gave green light to a draft law, once passed by parliament, will allow mothers get 100% of their salary while on leave attending to their newborn babies.

Working parents have been pressing government to revise the previous law under which mothers only received full salary during first half of maternity leave and in second half were required to surrender 80% of salary or return to work.

“Rwandan Cabinet has adopted the law on maternity leave insurance, which reinforces Government’s efforts in social development,” tweeted Finance Minister, Claver Gatete.

With the new law, the employer will pay half the salary while the fund covers the remaining half. Under the new law every employee, either private or public will surrender 0.6% of their salary to contribute to a mother’s pay on maternity leave.

Kagame Approves bill seeking 100% payment for Mothers on Maternity leave

Mother plays with her baby. New Law will allow mothers get 100% of their salary while on Maternity leave attending to their newborn babies.

Companies or state agencies will carry 50% (0.3%) of the cost. This implies that, a person earning Rwf 2.7m ($3,913) will be contributing Rwf 8,000 ($12).

A primary teacher earning Rwf40, 000 ($60), would contribute Frw126 ($0.2).

Salaries will be deducted by the employer through the existing Social Security Fund (RSSB), regardless of the type of contract or size of the salary.

The Law allows mothers to stay home much longer during the time babies need them most. In a previous story, KTPress established that employers are support the law.

Ritesh Patel, Chief Finance Officer of Utexrwa Ltd, a textile factory in Kigali commented on the required contribution, and said, “It is not a burden to us, provided that when a mother comes back, she delivers to the company expectation.”

His firm has 450 employees, and 300 of them are women. It pays workers Rwf 40M ($57,932) in salaries every month.

The new Law requires them to contribute Rwf 120,000 ($174) monthly.

Institutions behind the fund are confident that the bill will pass soon.

“We hope it will not delay at parliament” says Public Service Minister Judith Uwizeye.

“Since the public showed interests to the bill, legislators who represent them would not oppose it.” Claudine Kaze, a civil servant chose to forego 80% of her salary to take care of her baby girl last year.

She says, “I wish the bill can be passed tomorrow.”

The Minister will brief the press about the draft bill this afternoon.

Source: KT Press

Bisesero : Implication irréfutable des soldats français dans le Génocide contre les Tutsis

$
0
0
Bisesero : Implication irréfutable des soldats français dans le Génocide contre les Tutsis

Les jeunes commandos français de l’ »Opération Turquoise »malmenant les Tutsis

Ces militairse français entrain de malmener les jeunes qui sont suspectés par les milices Interamwe d’être des Tutsi. Le 27 Juin 1994, marque l’arrivée  de ces Commandos Français dans les hauteurs de Bisesero. Une région du Sud-Ouest du Rwanda, de l’ex-préfecture de Kibuye, dans l’actuelle Province de l’Ouest.

Leur arrivée dans la région pour soi-disant une mission humanitaire, était une volte-face pour la communauté internationale. Ils ont invité les Tutsis qui résistaient jusqu’à lors aux attaques des Interahamwe et l’armée rwandaise, de rentrer chez eux. Cet appel mensonger est parvenu aussi à d’autres Tutsis qui étaient encore cachés dans la brousse. Ces militaires français avaient promis à ces Tutsis qu’ils allaient les protéger contre les extrémistes Hutus.

Dans quelques heures, tous les Tutsis étaient sortis de leur cachette et rentrés chez eux. Ils n’ont pas pu se rendre compte du piège tendu par les soldats français. Deux jours après, les soldats français ont fourni les camions, le carburant et les armes  aux centaines de militaires des FAR et les milices Interamwe. C’était pour leur permettre de monter sur les montagnes de Bisesero avec une seule mission, « exterminer tous les Tutsi ».

Apres seulement deux jours, plus de 50,000 Tutsis étaient déjà exterminés par les Interahamwe, et 900 Tutsis seulement ont survécu.

Et 21 ans après cette tragédie de Bisesero, plus de 300 orphelins du génocide regroupés dans deux associations à savoir AERG ( Association des Elèves et Etudiants Rescapés du Génocide) et  GAERG( Groupe des Anciens Etudiants Rescapés du Génocide), ont effectué une visite, samedi le 21/3/2015, sur ces montagnes de Bisesero, scène  du génocide contre des milliers de Basesero vivant dans cette région.

Le retour à Bisesero fait partie des activités de la campagne organisée par ces orphelins dans le cadre de rendre hommage aux victimes du génocide contre les Tutsi de 1994. Ils ont inauguré cette campagne samedi le 7 Mars 2015 dans le Secteur de Rukumbeli, District de Ngoma, dans la Province de l’Est, où plus 35,000 Tutsis ont été sauvagement massacrés.

Parmi les activités effectuées à Bisesero figurent  celles d’apporter l’assistance aux rescapés vulnérables. Il s’agit surtout pour ceux qui ont les blessures du génocide. C’est aussi l’occasion d’honorer les militaires de l’ex-RPA (Rwandan Patriotic Army), l’actuel RDF, qui ont stoppé le  génocide.

Les rescapés qui sont handicapés du génocide ainsi que les anciens militaires blessés au front entrain de stopper le génocide et libérer le peuple rwandais sont les priorités de ces jeunes rescapés. Parmi d’autres activités, c’est notamment la réhabilitation des maisons des veuves et les rescapés, l’entretien des différents sites mémoriaux se trouvent dans cette région de  Bisesero.

Mais, que s’est-il passé à Bisesero depuis le 27 Juin1994?

Selon les rescapés et les anciens Interahamwe déjà condamnés, c’est le 27 Juin 1994 que le contingent français est arrivé dans le centre de négoce de l’ex-commune Gishyita, ex-préfecture de Kibuye, Secteur actuel de Bwishura, District de Karongi. Dans ce centre de Gishyita, tout près du bureau de commune Gishyita, les Français avaient installé leur camp militaire et y avaient mis 3 barrières.

Ces commandos français étaient sous le commandement du Capitaine Marin Gillier. Ils ont ensuite installé les barrières et leur base militaire dans le centre de Mubuga. Ce centre de Mubuga était aussi la base des milliers d’Interahamwe. Ce centre était aussi un lieu stratégique pour ces Interamwe qui se préparaient d’aller massacrer chaque jour les Tutsi qui se cachaient à Bisesesro, un trajet de deux heures dans la voiture.

La préfecture de Kibuye faisait partie de la « Zone Turquoise », qui couvrait la grande partie de la région ouest du Rwanda.

Dans ce convoi militaire il y avait aussi, Patrick de Saint-Exupéry, un journaliste et auteur Français avec une femme non-identifiée qui prenait les photos et vidéos. Ce journaliste Français a donné le témoignage  de ce qu’il a vu, comme les survivants de Bisesero  et les génocidaires qui ont accepté de témoigner.

Un ancien milicien Interahamwe a témoigné que sous le commandement de Charles Sikubwabo, Bourgmestre de Commune  Gishyita, Joseph Mpambara, et plusieurs autres autorités locales, et sous la supervision des soldats français, ils ont reçu l’ordre d’aller « travailler » qui veut dire tuer, selon cet ancien Interahamwe.

« Après les  briefings, quelques miliciens ont monté la montagne à pieds et d’autres dans les bus, camions et les jeeps des Français, ils  étaient très nombreux », a-t-il ajouté.

Sur les 3 barrières, il y avait un drapeau de la France et ces barrières étaient contrôlées par les soldats français et les Interahamwe. Ces derniers tuaient le Tutsis sous les yeux de ces soldats français.

Les détails de ce qui s’est passé à Bisesero a été un sujet de plusieurs de recherches. Les auteurs et académiciens renommés  ont publié  les livres et les journaux. Les medias français et la délégation des parlementaires ont visité cette région. Chaque année, surtout dans la période de commémoration, les Français ordinaires visitent  Bisesero.

Les massacres continuaient sur les montagnes et les Français surveillaient les barrières. Ils ont formé les Interahamwe et fourni des armes. Ils ont aussi violé les filles Tutsis et souvent ils partageaient la bière avec Sikubwabo dans un cabaret de l’un de tueurs. A l’aide des jumelles les français observaient les Interahamwe « travaillant ».

Viewing all 3624 articles
Browse latest View live


<script src="https://jsc.adskeeper.com/r/s/rssing.com.1596347.js" async> </script>