Arthur Asiimwe elected public broadcaster Boss
The cabinet meeting of April 24, 2013 has approved veteran journalist Arthur Asiimwe to head the newly formed Rwanda Broadcasting Agency (RBA) which comes to replace Rwanda Bureau of Information and...
View ArticleKamonyi District focuses on promoting good governance
In order to promote good governance among local leaders in Kamonyi district, district authorities are visiting and talking to sector leaders advising them on good governance. The event was started in...
View ArticleHuye: Ntitukibuke mu gihe cyo kwibuka gusa
Igitekerezo cy’uko abantu badakwiye kwibuka abazize jenoside mu gihe cyo kwibuka gusa cyatanzwe na Siboyintore Theodate, umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Tumba, ubwo abaturage bo muri uyu Murenge bari...
View ArticleGISAGARA: Kwibuka ni ibya buri munyarwanda n’undi wese wifuza kwamagana Jenoside
Kwibuka ni ibyaburi munyarwanda n’undi wese uzi ububi bwa Jenoside, kikaba kandi igihe cyo gukomeza kwiyubaka no kwihesha agaciro. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo...
View ArticleIbyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013. 1. Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
View ArticleGatsibo: Barasabwa gukorera hamwe nk’ikipe
Umuyobozi w’Intara y’iburasirazuba Madame Uwamariya Odette arasaba abakozi b’inzego zinyuranye bakorera mu karere ka Gatsibo kurushaho gukora cyane no gukorera hamwe nk’ikipe kugira ngo imihigo baba...
View ArticleUrubyiruko rurasabwa kugira uruhare mu iterambere rya Musanze
Urubyiruko rutuye mu karere ka Musanze rurasabwa kugira uruhare rugaragara mu bikorwa by’iterambere ry’akarere, kuko aricyo cyiciro gifite imbaraga, ndetse bakaba ari bo benshi batuye akarere ka...
View ArticleAbayobora mu Ntara ya Mwanza muri Tanzaniya basuye akarere ka Nyanza mu...
Itsinda ry’abayobozi 34 baturutse mu Ntara ya Mwanza mu gihugu cya Tanzaniya basuye akarere ka Nyanza muri gahunda yo gushimangira umubano usanzwe hagati y’abayobozi b’impande zombi. Bakiriwe muri...
View ArticleBurera: Abafatanyabikorwa barasabwa kubahiriza igenamigambi ry’akarere
Umuyobozi w’akarere ka Burera atangaza ko umufatanyabikorwa uzajya ashaka kuzana ibikorwa by’iterambere muri ako karere azajya agendera ku bikubiye mu igenamigambi ry’imyaka itanu akarere kihaye (DDP:...
View ArticleEAC Heads of State Summit to discuss one currency
East African Community Heads of State are slated to meet this Sunday, May 28, 2013 in the Ordinary summit and top on agenda for discussion will be the single EAC currency. The single currency...
View ArticleKamonyi: Abanyamugina barasabwa gutanga amakuru y’aho bamwe mu bazize...
Mu gihe ku nshuro ya 19 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, mu Rwibutso rwa Mugina hashyinguwe kuri uyu wa gatanu tariki 26/4/2013, imibiri 35 y’abazize jenoside, isanga indi ibihumbi 34 yari isanzwe...
View ArticleBugesera : Barasabwa kurwanya ibiyobyabwenge kuko ababikoresha nta terambere...
Urubyiruko rwari rwinshi rwaje kwihera amaso icyo gikorwa Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri polisi y’igihugu Assistant Commissionner of Police Dr Willison Rubanzana arasaba buri wese...
View ArticleNyaruguru district: Over 180 young people receive computer literacy certificates
A total of 187 young people (aged between 14 and 35) – 67 girls and 120 boys – from Munini sector in Nyaruguru district, Southern Rwanda, were, on Friday, awarded computer literacy certificates after...
View ArticleIntara y’amajyepfo: Uturere twiyemeje kugenzurana uko dukoresha umutungo wa Leta
Mu rwego rwo kunoza umurimo wo gucunga neza umutungo wa Leta, abashinzwe gucunga uko umutungo wa Leta ukoreshwa (auditors) mu Turere tugize Intara y’amajyepfo, biyemeje gufatanya kugenzura uturere...
View ArticleBurere: Ubuyobozi mu rugamba rwo kongera ubushobozi bw’akarere
Umuyobozi w’akarere ka Burera atangaza ko hari gushakwa uburyo bwo kongera ubushobozi bw’akarere kugira ngo ibyo bateganya byose bajye babigera ho batagarukiya gusa ku mafaranga basanzwe binjiza ku...
View ArticleRuhango: Inkeragutabara zongerewe inshingano zo gukangurira abanyarwanda...
Mukantabana Seraphine minisitiri w’impunzi n’ibiza asaba Inkeragutabara gushishikariza abanyarwanda gutahuka Uretse ibikorwa byo kubungabunga umutekano, ku rwanya Ibiza, kwita ku bidukikije n’ibindi,...
View ArticleRulindo: Abafatanyabikorwa b’akarere JADF barasabwa kwegera abagenerwa...
Nk’uko bisabwa n’abayobozi ba JADF mu karere ka Rulindo ,ngo abafatanyabikorwa barasabwa kwegera abaturage mu mirenge,bityo abaturage bakabasha kugira uruhare mu bikorwa bibakorerwa. Aba bayobozi...
View ArticleUN Envoy to the Great Lakes Region to visit
Special Envoy of the Secretary-General to the Great Lakes Region Mary Robinson The Special Envoy of the Secretary-General to the Great Lakes Region Mary Robinson will make her first visit to the...
View ArticleCyanika: Hashyinguwe imibiri 15 y’abazize jenoside yakorewe abatutsi.
Kuri iki cyumweru tariki ya 28/04/2013, ku rwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi rwa Cyanika ruherereye mu murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe habereye umuhango wo kwibuka by’umwihariko...
View ArticleEAC Heads of State order speed-up of Monitory Union
The EAC Heads of State summit has ordered the EAC council of Ministers to speed up the establishment of the Monitory Union. The summit took place Sunday April 28, 2013. According to A communiqué from...
View Article